Ntibisanzwe : Mu Ruhango umuyobozi yaguwe gitumo agiye gusambanya umugore wabandi ngo abone kubaha serivisi

Umukozi ushinzwe ubuzima mu murenge wa Kabagari mu karere ka Ruhango arashinjwa gusambanya umugore w’undi mugabo nka ruswa yo kugira ngo abashyirire umwana mu mushinga urihira amashuri abatishoboye. Uyu mukozi …

Ntibisanzwe : Mu Ruhango umuyobozi yaguwe gitumo agiye gusambanya umugore wabandi ngo abone kubaha serivisi Read More

Ubusambanyi buri kuzamuka cyane ku bakiri bato muri Kigali / Ababyeyi baracyatinya guha abana babo udukingirizo

Kuba ubusambanyi buri kwiyongera cyane mu mujyi wa Kigali no mu Rwanda hose muri rusange , benshi mu babyeyi bahangayikishijwe n’abana babo bari kubyishoramo cyane bikabaviramo gutwara amada adateganyijwe. Muri …

Ubusambanyi buri kuzamuka cyane ku bakiri bato muri Kigali / Ababyeyi baracyatinya guha abana babo udukingirizo Read More

IFOTO Y’UMUNSI: HAHAH!!!! Cartoon ya Ndimbati aciye ishene yarwaje abantu imbavu!

Iyi Foto iri mu bwoko bwa Cartoon , cyangwa se ifoto ishushanyije ikomeje gutungura benshi nyuma y’umunsi umwe icyamamare muri Sinema nyarwanda ‘Ndimbati’ arekuwe aho yari afungiye mu gereza ya …

IFOTO Y’UMUNSI: HAHAH!!!! Cartoon ya Ndimbati aciye ishene yarwaje abantu imbavu! Read More

“Cheri warakoze kandi Imana iguhe umugisha” Ndimbati agarutse asetsa birenze / Umugore we ararize!

Umukinnyi ukomeye muri sinema nyarwanda Uwihoreye Jean Babtiste umaze kubaka izina nka Ndimbati , nyuma igihe afungiye I Mageragere yagizwe umwere ahita afungurwa ako kanya , maze avuga amagambo akomeye …

“Cheri warakoze kandi Imana iguhe umugisha” Ndimbati agarutse asetsa birenze / Umugore we ararize! Read More

Mu gahinda kenshi Niyo Bosco yasabye amasengesho kubera abamuriraho we igifu gishya ubusa

Umuhanzi Niyo Bosco ukunzwe na benshi, mu mvugo yumvikanamo agahinda kenshi yasabye inkunga y’amasengesho ngo kuko arambiwe kuba yagaburira inda z’abandi mu gihe we yicira isazi mu maso. Uyu muhanzi …

Mu gahinda kenshi Niyo Bosco yasabye amasengesho kubera abamuriraho we igifu gishya ubusa Read More

Abanyeshuri barenga 90% baratsinze mugihe abandi ibihumbi 39 bategetswe gusibira

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri 39,655 batsinzwe ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2021/2022 bagomba gusibira, kugira ngo babanze buzuze ibisabwa bazabone kwemererwa kujya mu byiciro bikurikiyeho. Kuri uyu …

Abanyeshuri barenga 90% baratsinze mugihe abandi ibihumbi 39 bategetswe gusibira Read More

Amafoto y’indobanure: Muri Seka Live Anne Kansiime yagoroye imbavu z’imbaga n’aba Star benshi bari babucyereye

Mu gitaramo cya Seka Live gitegurwa na Nkusi Arthur , umunyarwenya w’umunya Uganda Anne Kansiime yanyuze imitima y’abari aho ndetse anasangiza abantu inkuru ikomeye y’uburyo yabyaye bigoranye nyuma yigihe kirekire …

Amafoto y’indobanure: Muri Seka Live Anne Kansiime yagoroye imbavu z’imbaga n’aba Star benshi bari babucyereye Read More

Akamaro ko kurya ibihaza /Dore ibyigenzi 7 ibihaza byamarira umubiri wawe harimo no kurinda ubudahangarwa

Ibihaza ni ibiribwa byuzuye intungamubiri dukenera mu buzima, kandi biboneka henshi, kuko hari n’aho byiyeza mu gisambu. Bikaba bimwe mu bihingwa bishobora gutuma umwijima, impyiko, amagufa, amaso n’uruhu bikora neza. …

Akamaro ko kurya ibihaza /Dore ibyigenzi 7 ibihaza byamarira umubiri wawe harimo no kurinda ubudahangarwa Read More

Vivica A. Fox wahoze ari umukunzi wa 50 Cent yanyoje amakuru o kongeresha igitsina , ngo ameze neza aramwiyiziye!

Nyuma y’amakuru amaze iminsi avugwa kuri 50 Cent umuraperi ukomeye muri Amerika bavugako yibagishije igitsina ngo bacyongere ingano , uwahoze ari umugore we Vivica A Fox yabinyomoje avugako ibi ari …

Vivica A. Fox wahoze ari umukunzi wa 50 Cent yanyoje amakuru o kongeresha igitsina , ngo ameze neza aramwiyiziye! Read More