Haje ibinini bizajya bifasha abagabo kudatera inda igihe bashatse kuringaniza urubyaro

Nyuma y’imiti ifasha abagore kuringaniza imbyaro , noneho haje umuti uzajya ufasha abagabo kudatera inda mugihe bakoze imibonano mpuzabitsina batikingiye. Muri leta z’unze ubumwe z’Amerika abashakashatsi batangaje ko bavumbuye ibinini …

Haje ibinini bizajya bifasha abagabo kudatera inda igihe bashatse kuringaniza urubyaro Read More

Dore urutonde rw’uturere 10 dufite abagabo benshi batarisiramuza / Nyamagabe ku mwanya wa mbere

’Umuhungu wese muri mwe uzaba amaze iminsi umunani avutse azakebwa, bigeze ibihe by’ingoma zanyu zose. Kandi umugabo utakebwe umunwa w’ibyo yambariye azakurwa mu bwoko bwe, azaba yishe isezerano ryanjye’ [Intangiriro …

Dore urutonde rw’uturere 10 dufite abagabo benshi batarisiramuza / Nyamagabe ku mwanya wa mbere Read More

Ghana: Abagabo banga ibiryo bateguriwe n’abagore bashobora gufungwa

Umuhuzabikorwa w’ishami rishinzwe kurwanya ihohoterwa no kwita ku bahuye na ryo muri Polisi yo muri Ghana, Superintendent George Appiah-Sakyi yaburiye abantu ko, ari cyaha kuba umugabo yakwanga ibiryo yateguriwe n’umugore we, asobanura ko iyo myitwarire ifatwa nk’ihohoterwa rikora ku marangamutima (emotional abuse).

Ghana: Abagabo banga ibiryo bateguriwe n’abagore bashobora gufungwa Read More