Facebook yitandukanyije na Twitter mu kugenzura ibitekerezo by’abakoresha izo mbuga

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, ku wa 28 Gicurasi 2020, yashyize umukono ku Iteka rigabanya ubudahangarwa buhabwa imbuga nkoranyambaga mu nkiko, kuko itegeko ryo mu mwaka wa 1996, rivuga ko imbuga nkoranyambaga nka Facebook, Twitter, YouTube na Google bitakurikiranwa mu nkiko bizira ibyo ababikoresha banditse, kandi bikaba bishobora kugira icyo byahindura ku byo abantu bashyira kuri izo mbuga.

Facebook yitandukanyije na Twitter mu kugenzura ibitekerezo by’abakoresha izo mbuga Read More