Wari uzi ko gusiga verini ku nzara byagutera kanseri cyangwa ubugumba?

Irangi risigwa ku nzara bita “vernis à ongles” mu gifaransa cyangwa “nail polish” mu cyongereza, ni umurimbo ukundwa n’abagore n’abakobwa batari bake hirya no hino ku isi, ariko Kigali Today yifuje kumenya niba nta ngaruka mbi rigira ku buzima bw’abaryisiga cyangwa se abakora umwuga wo gusiga inzara.

Wari uzi ko gusiga verini ku nzara byagutera kanseri cyangwa ubugumba? Read More

Ibyo wamenya ku ishusho y’ikiganza yubatswe muri Kigali Convention Centre

Benshi bagihuje n’inama mpuzamahanga ya 20 kuri SIDA n’indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina (20th International Conference on AIDS and Sexually Transmitted Infections in Africa -ICASA), iheruka kubera mu Rwanda, hari bavuze ko iki kiganza ari ikimenyetso gihamagarira abantu kwirinda SIDA, mu gihe hari n’abavuze ko iki kiganza cyashyizweho mu rwego rwo gutaka umujyi ngo urusheho kuba mwiza.

Ibyo wamenya ku ishusho y’ikiganza yubatswe muri Kigali Convention Centre Read More