Imyenda yo hambere ni yo yakunze kwambarwa muri iyi mpeshyi

Muri uyu mwaka wa 2019 aho iterambere rigeze usanga hagenda havuka ibintu byinshi bitandukanye, ariko mu by’imyambarire si ko ubisanga kuko abenshi ubu bagenda bambara imyambaro yo hambere muri za mirongo icyenda (1990), cyane cyane ubu aho Abanyarwanda basigaye bakunze kwambara ngo baberwe atari ukwambara gusa.

Imyenda yo hambere ni yo yakunze kwambarwa muri iyi mpeshyi Read More

‘Kurangiza’ ni ijambo ry’Ikinyarwanda, urubyiruko ntirugatinye kurikoresha – Prof Niyomugabo Cyprien

Prof Niyomugabo Cyprien ashyira mu majwi abiganjemo urubyiruko, akavuga ko hari imvugo bagenda badukana bigatuma imvugo n’amagambo byari bisanzwe babitimes.com bitakaza umwimerere wabyo bikazimira nyamara ntacyo byari bitwaye.

‘Kurangiza’ ni ijambo ry’Ikinyarwanda, urubyiruko ntirugatinye kurikoresha – Prof Niyomugabo Cyprien Read More

Umudivantisiti ashobora kubatizwa inshuro 3; Padiri agomba gusoma misa buri munsi… Menya ibyihariye mu madini atandukanye

Amahame ni imigenzo, amategeko cyangwa umuco idini runaka ryishyiriraho, ryaba rigendeye kuri Bibiliya cyangwa ku myemerere yaryo bwite. Buri muyoboke waryo aba agomba kuyubahiriza, yayarengaho agahabwa ibihano biba byaragenwe n’iryo dini.

Umudivantisiti ashobora kubatizwa inshuro 3; Padiri agomba gusoma misa buri munsi… Menya ibyihariye mu madini atandukanye Read More