Nyamuneka irinde gusinzira gacye kuko ubushakashatsi bushya bwerekanye ko byagutera umuvuduko w’amaraso!

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko abantu basinzira amasha ari munsi y’arindwi nijoro, bafite ibyago byinshi byo kwibasirwa n’indwara y’umuvuduko w’amaraso.Ubu bashashatsi bushya bugiye kumurikirwa n’ikigo cyita ku ndwara z’umutima American College …

Nyamuneka irinde gusinzira gacye kuko ubushakashatsi bushya bwerekanye ko byagutera umuvuduko w’amaraso! Read More

Ubahagarariye yasambanyije 20,000! Dore urutonde rw’Ibyamamare 10 byaciye uduhigo two kuryamana n’abagore benshi kw’isi

Kuryamana n’abagore cyangwa abakobwa benshi ni bimwe mubyo abantu benshi bafata bitera ibyishimo kuko akenshi ababikora baba bavugako bari kwishimisha. Nubwo usanga abagabo benshi baba baragiye baryamana n’abakobwa benshi , …

Ubahagarariye yasambanyije 20,000! Dore urutonde rw’Ibyamamare 10 byaciye uduhigo two kuryamana n’abagore benshi kw’isi Read More

Ese ujya wicyeka ko waba waranduye? Ibi bimenyetso uko ari 8 byatuma umenya ko urwaye SIDA utari wipimisha

Abashakashatsi bemeza ko hari ibimenyetso bishobora kwereka umuntu wakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye ko ashobora kuba yaramaze kwandura agakoko gatera SIDA, n’ubwo mu busanzwe bizwi ko ako gakoko kataboneshwa amaso. Urubuga …

Ese ujya wicyeka ko waba waranduye? Ibi bimenyetso uko ari 8 byatuma umenya ko urwaye SIDA utari wipimisha Read More

Dore urutonde rw’abakinnyikazi ba porono 10 b’abirabura bakunzwe kandi bazwi kurusha abandi bose kw’Isi (AMAFOTO)

Umuntu aba icyamamare kubera icyo yakoze cyangwa bamukoreye bigatuma amenyekana akamenywa na benshi cyangwa se nanone akaba ikimenyabose , hari abagore b’abirabura 10 bazwi cyane mu gukinaporono. Dusanzwe twumva abasitari …

Dore urutonde rw’abakinnyikazi ba porono 10 b’abirabura bakunzwe kandi bazwi kurusha abandi bose kw’Isi (AMAFOTO) Read More

Itegeko ribuza abantu kurya imbwa ryateje impagarara kuburyo abakunzi bazo bari kuvuga ko ari ukubuzwa uburenganzira

Koreya y’Epfo yamaze gutora itegeko ribuza abantu bose kongera kurya imbwa aho hateganijwe ibihano bikakaye birimo gufungwa imyaka itatu n’ihazabu y’angana na miliyoni 23 y’u Rwanda. Iryo tegeko ryatowe muri …

Itegeko ribuza abantu kurya imbwa ryateje impagarara kuburyo abakunzi bazo bari kuvuga ko ari ukubuzwa uburenganzira Read More

Birababaje! Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we maze ahita yiyahura aba ariwe upfa mbere / Gakenke mu Majyaruguru

Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we nyuma yo gukimbirana bapfa imitungo y’iwabo, abonye ko yamukomerekeje cyane akeka ko yapfuye nawe ahita yimanika mu kagozi ahita apfa. Ibi byabereye mu Kagari …

Birababaje! Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we maze ahita yiyahura aba ariwe upfa mbere / Gakenke mu Majyaruguru Read More

SOBANUKIRWA: Ese impumuro mbi mu kanwa iterwa n’iki? Dore icyo wakora kugirango uyirinde

Rimwe na rimwe hari igihe uganira n’umuntu wakumva umunuko (impumuro mbi) afite ukifuza ko ibiganiro byanyu byarangira cyangwa akavugira kure atakwegereye bitewe n’ukuntu uba wumva wabangamiwe. Impumuro mbi n’ikibazo kigirwa …

SOBANUKIRWA: Ese impumuro mbi mu kanwa iterwa n’iki? Dore icyo wakora kugirango uyirinde Read More

Sobanukirwa umenye uburyo kwibuza kwitsamura ari bibi cyane kubuzima kuburyo urebye nabi wanahasiga amagara

Nubwo hari abantu bajya bibuza kwitsamura ugasanga bapfutse umunwa n’amazuru, byose kugira ngo batitsamura urusaku rugasohoka, ariko hari ibibazo bishobora guterwa no kwibuza kwitsamura, mu gihe hari ababyibuza, banga kubangamira …

Sobanukirwa umenye uburyo kwibuza kwitsamura ari bibi cyane kubuzima kuburyo urebye nabi wanahasiga amagara Read More

Rutsiro: Umugabo akoze agashya azicuza ubwo yafatwaga ari gusambanira mu iduka rye agahita aritwika kubera umujinya

Mu mudugudu wa Runaba, Akagari Haniro, Umurenge wa Manihira mu karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba, umugabo w’imyaka 40 yafatiwe mu iduka rye asambana, agira umujinya atwika iryo duka. Kuri …

Rutsiro: Umugabo akoze agashya azicuza ubwo yafatwaga ari gusambanira mu iduka rye agahita aritwika kubera umujinya Read More