Ese wari uzi ko imbuto za Water Melon ari nziza kuzirenza kubiryo? / Dore ibyiza byo kuzifashisha buri munsi

Watermelon ni urubuto ubundi rugizwe n’amazi ku kigero cya 92%, rukigiramo n’izindi vitamine n’ubutare butandukanye, bituma ari urubato rw’ingenzi ku buzima bw’abantu bakunda kururya. Gusa, imbuto zo muri watermelon na …

Ese wari uzi ko imbuto za Water Melon ari nziza kuzirenza kubiryo? / Dore ibyiza byo kuzifashisha buri munsi Read More

Dore ibintu 5 byagiza umwijima abantu birirwa bakina nabyo umunsi kuwundi bataziko bari kwikururira ikishi

Umwijima ni kimwe mu bice by’ingenzi cyane mu mubiri w’umuntu, ibintu byose umuntu arya bibanza gutunganywa n’umwijima na mbere y’uko byinjira mu igogora. Umwijima ni akayunguruzo mu mikorere y’umubiri wose …

Dore ibintu 5 byagiza umwijima abantu birirwa bakina nabyo umunsi kuwundi bataziko bari kwikururira ikishi Read More

Reba Amafoto y’imyambarire idasanzwe yaranze abakobwa bitabiriyr igitaramo cya Danny Nanone barimo uwashyize amabere kukarubanda

Mu gitaramo cya Danny Nanone cyaraye kibaye mw’ijoro ryashize ryo kuwa 19 Ukuboza 2023 muri Camp Kigali hagaragayemo udushya twinshi turimo imyambaro idasanzwe n’abahasebeye bakahambarira ubusa. Muri iki gitaramo cyagaragayemo …

Reba Amafoto y’imyambarire idasanzwe yaranze abakobwa bitabiriyr igitaramo cya Danny Nanone barimo uwashyize amabere kukarubanda Read More

Ese kuki hari abana bakunda konka intoko? Dore impamvu n’umuti wabyo kuko atari byiza

Konka intoki cyane cyane urutoki rw’igikumwe ni ibintu bisanzwe mu bana. Ariko hari igihe kigera ukabona birakabije, ugatangira kwibaza uko wabimucaho bikagushobera. Ese hari uburyo umuntu ashobora gufasha umwana kureka …

Ese kuki hari abana bakunda konka intoko? Dore impamvu n’umuti wabyo kuko atari byiza Read More

RIB yataye muri yombi umusore n’inkumi basambaniye ku Kinamba munsi yo kwa Bonk Bar kukarubanda abantu bashungereye / Mbega amafaranga bari babasheteye!

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe umusore w’imyaka 33 n’umukobwa w’imyaka 23 baherutse kugaragara bakorera imibonano mpuzabitsina mu ruhame. Amashusho y’aba bombi amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga, bikavugwa ko ibyo …

RIB yataye muri yombi umusore n’inkumi basambaniye ku Kinamba munsi yo kwa Bonk Bar kukarubanda abantu bashungereye / Mbega amafaranga bari babasheteye! Read More

Sobanukirwa! Ese nibyo koko kurya urusenda byongera ubushake bwo gutera akabariro?

Nta gitangaje kirimo uramutse warumvise inkuru z’abavuga ko urusenda rwongera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina cyangwa ukanabona abarwihata mu mafunguro bafata mbere y’icyo gikorwa, bizeye ko ruri bugire uruhare mu …

Sobanukirwa! Ese nibyo koko kurya urusenda byongera ubushake bwo gutera akabariro? Read More

Biteye Ubwoba! Umugabo yarashe umugore we ku munsi wabo w’ubukwe , ahitaniramo abandi 3 nawe ahita yirasa

Mu gihugu cya Thailande kuri uyu wa mbere tariki 27 Ugushyingo 2023, Polisi yo muri iki gihugu yatangaje ko umugabo witwa Chaturong Suksuk w’imyaka 29 yishe abantu bane hamwe n’umugore …

Biteye Ubwoba! Umugabo yarashe umugore we ku munsi wabo w’ubukwe , ahitaniramo abandi 3 nawe ahita yirasa Read More

Hari abashobora guhura nawe bakikanga umuzimu / Umuhanzi wo muri Nigeria wari wapfuye yagaragaje ko akiri muzima

Mu cyumweru gishize, abantu mu muziki wa Nigeria barakangaranye nyuma yo kumva ko umuraperi Oladips yitabye Imana nyuma y’igihe gito undi muraperi Mohbad yitabye Imana. Gusa uyu muhanzi Oladipupo Oladimeji …

Hari abashobora guhura nawe bakikanga umuzimu / Umuhanzi wo muri Nigeria wari wapfuye yagaragaje ko akiri muzima Read More