Menya byinshi ku ndwara ituma umuntu ahora yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina kuburyo bitera bamwe mu bagore kwisabira abagabo

Nyuma yo gusanga hari abantu badashobora kumara igihe kinini badakoze imibonano mpuzabitsina, ibi kandi bikagaragara hagati y’abashakanye cyangwa abatarashakanye iyi ngingo usanga itavugwa ho rumwe,iki kibazo cyaje gusubizwa n’abahanga muri …

Menya byinshi ku ndwara ituma umuntu ahora yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina kuburyo bitera bamwe mu bagore kwisabira abagabo Read More

NTIBISANZWE: Mu Rwanda abanyeshuri bigana bakoze ubukwe basezerana bakiri ku ntebe y’ishuri nyuma y’igihe kinini bakundana

Abanyeshuri bigana mu ishuri rimwe muri G.S Rwabicuma mu Karere ka Nyanza, biyemeje kubana akaramata kandi amasomo yabo agakomeza nta nkomyi. Imiryango, inshuti baje gushyigikira isezerano rya Jean Claude Uwihanganye …

NTIBISANZWE: Mu Rwanda abanyeshuri bigana bakoze ubukwe basezerana bakiri ku ntebe y’ishuri nyuma y’igihe kinini bakundana Read More

Kwiyaka uwo muri kubikora , guhita wihanagura / Dore bimwe mu bintu 5 abakobwa/abagore babeshywa mu gutwara inda bamwe bakabifata nk’ukuri

N’ubwo hari abantu benshi basobanukiwe n’uko umugore/umukobwa atwara inda, nyamara hari benshi mu bakobwa bagiye bagaragaza ko badasobanukiwe n’iyi ngingo ndetse bafite imyumvire itariyo ku gutwara inda k’umugore/umukobwa ,iyo myumvire …

Kwiyaka uwo muri kubikora , guhita wihanagura / Dore bimwe mu bintu 5 abakobwa/abagore babeshywa mu gutwara inda bamwe bakabifata nk’ukuri Read More

NTIBISANZWE: Nyuma y’imyaka 25 yose ategereje urubyaro byaranze Imana yamusubirije rimwe abyara abana 9 icyarimwe!

Ku mbuga nkoranyambaga n’ibinyamakuru bitandukanye hari gucicikana inkuru y’Umugore witwa Obianuju Anthonia Ibeanu, uturuka mu gihugu cya Nigeria wibarutse abana 9 nyuma y’imyaka 25 ategereje yarahebye n’umwe. Amakuru avuga ko …

NTIBISANZWE: Nyuma y’imyaka 25 yose ategereje urubyaro byaranze Imana yamusubirije rimwe abyara abana 9 icyarimwe! Read More

Britney Spears ukunze gushyira amafoto ye ku karubanda yambaye ubusa yavuze ikibimutera kuburyo yanabyanditseho igitabo (Reba Amafoto)

Umuhanzikazi w’icyamamare, Britney Spears, uzwiho gukunda gushyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga yambaye ubusa, yashyize avuga impamvu ibimutera.Britney Spears umuhanzikazi akaba n’umwanditsi w’indirimbo wubatse izina ku rwego mpuzamahanga mu njyana …

Britney Spears ukunze gushyira amafoto ye ku karubanda yambaye ubusa yavuze ikibimutera kuburyo yanabyanditseho igitabo (Reba Amafoto) Read More

Icunge neza utazisuzuguza! / Dore impamvu nyamukuru zituma harigihe usambana n’umusore agahita aguca amazi ntazongere kuguha agaciro

Abagabo n’abasore abenshi wagira ngo inda ibabyara ni imwe, iyo mumaze gusambana mubyarana abo akigira nk’aho ntaho akuzi. Gusa hari indangagaciro n’imyitwarire nk’umukobwa ukwiye kugira, zituma umusore akomeza kukubaha. Ni …

Icunge neza utazisuzuguza! / Dore impamvu nyamukuru zituma harigihe usambana n’umusore agahita aguca amazi ntazongere kuguha agaciro Read More