Musore ni wowe ubwirwa! Uzirinde aya makosa mu gihe uri gukundana n’umukobwa atazakureka rutarenze n’umutaru ngo ugire icyo ugeraho

Itangiriro ryiza ritanga umusaruro muzima , gusa ariko rimwe na rimwe n’itangiriro ribi hari igihe riwutanga kubw’amahirwe, icyo nshaka kubabwira n’uko uko utangiye iyo winjiye mu rukundo nibyo ahanini bizagaragaza …

Musore ni wowe ubwirwa! Uzirinde aya makosa mu gihe uri gukundana n’umukobwa atazakureka rutarenze n’umutaru ngo ugire icyo ugeraho Read More

‘Ntacyo bitwaye irabanza , Icyo nakoze igaheruka’ Ntuzabure Ubwenge!, Dore amabanga 10 yagufasha kuramba ku kazi ushaka akariko kose

Abanyarwandsa baca imigani ngo , Gukira byibagiza gukinga , ushize impumu yibagirwa icyamwirukansaga , abandi nabo bakavuga ngo ‘Akazi karushya isaba’ , ariko nanone undi munyarwanda akagira ati: ‘Ntacyo bitwaye …

‘Ntacyo bitwaye irabanza , Icyo nakoze igaheruka’ Ntuzabure Ubwenge!, Dore amabanga 10 yagufasha kuramba ku kazi ushaka akariko kose Read More

Bijya bigorana ukaba wanahasebera / Dore uburyo wakoresha waka nimero umuntu muhuye bwambere mukaba mwakundana cyangwa mukaba incuti

Iyo hageze ubwo gusaba umukobwa nimero ya telefone, benshi babanza kumva bafite isoni, cyangwa se bakumva badashimishijwe no kugenda bavuga ngo “Bite se?, umva uhh…. wampa nimero tukajya tuvugana?” cyangwa …

Bijya bigorana ukaba wanahasebera / Dore uburyo wakoresha waka nimero umuntu muhuye bwambere mukaba mwakundana cyangwa mukaba incuti Read More

Niba uteganya gukora ubukwe n’uwo mukundana ,gerageza ukore uko ushoboye kose wirinde ibi bintu uko ari 6

Iyo uri mu rukundo, hari byinshi uhindura mu myitwarire yawe kugirango urusheho kugenda wigarurira umukunzi wawe ariko uko urukundo rwanyu rugenda rukura niko mugenda murushaho kumenyerana buri umwe akagenda amenya …

Niba uteganya gukora ubukwe n’uwo mukundana ,gerageza ukore uko ushoboye kose wirinde ibi bintu uko ari 6 Read More

Nshuti yanjye , igihe cyose ugiye gukora imibonano mpuzabitsina ujye witondera iki kintu kuko ingaruka zacyo zanaguhitana

Abantu benshi bakora ibikorwa bitandukanye mu rwego rwo gushimishanya hagati y’umugabo n’umugore mu gihe bakora imibonano mpuzabitsina kugira ngo igende neza.  Hari abakoresha uburyo bwo kurigatana ibitsina mu rwego rwo …

Nshuti yanjye , igihe cyose ugiye gukora imibonano mpuzabitsina ujye witondera iki kintu kuko ingaruka zacyo zanaguhitana Read More

Ibi bintu n’ingirakamaro! Menya amasaha meza yo kuriraho ndetse n’ibyo ukwiye kurya by’ingirakamaro

Inganda z’ibyo kurya ndetse n’abahanga mumirire bakabaye bayobora abantu kandi babashishikariza ko hari amasaha akwiye yo gufatiraho amafunguro kandi akagirira umubiri akamaro aho guteza ibibazo, ariko twese aho tuva tukagera, …

Ibi bintu n’ingirakamaro! Menya amasaha meza yo kuriraho ndetse n’ibyo ukwiye kurya by’ingirakamaro Read More

Karongi: Batunguwe no gusanga umusore w’imyaka 21 arambaraye hasi imbere y’umuryango wo mu rugo yapfuye!

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 28 Kanama 2023, Nibwo abaturage basanze umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 21 yapfiriyeye imbere yumuryango w’inzu. Nyakwigendera witwa Masengesho Jean Pierre uturuka mu …

Karongi: Batunguwe no gusanga umusore w’imyaka 21 arambaraye hasi imbere y’umuryango wo mu rugo yapfuye! Read More