Coronavirus: Amarushanwa y’imikino yose yaberaga mu Rwanda arahagaritswe kugeza igihe kitazwi

Minisiteri ya Siporo imaze gutangaza ko kubera icyorezo cya Coronavirus, amarushanwa yose akinirwa mu Rwanda ahagaritswe kugeza igihe kizatangazwa

Nyuma y’aho uyu munsi hari hafashwe ingamba zo gukina nta bafana bari ku kibuga, ubu hamaze gufatwa umwanzuro ko amarushanwa yose y’imikino ahagaritswe kugeza igihe kitazwi.

Nyuma yo gukina nta bafana, ubu amarushanwa yose arahagaritswe

Nyuma yo gukina nta bafana, ubu amarushanwa yose arahagaritswe

Ni itangazo ryatanzwe na Minisiteri ya Siporo, imenyesha amashyirahamwe y’imikino yose mu Rwanda kuba ihagaritse amarushanwa, mu rwego rwo gukumira Coronavirus yamaze kugaragara mu Rwanda.


Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.