Gihamya cy’uko umuhanzi wo muri Tanzaniye ariwe wateye inda Yolo The Queen wemeje ko atwite / Reba amafoto 10 y’iki kizungerezi kigurisha kubajejetafaranga

Yolo The queen abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yatangaje ko atwite ubwo yasubizaga uwa umubajije impamvu adaheruka gusangiza amafoto ye abamukurikira , maze Harmonize aba uwambere mu bacyekwa ko inda yaba ari iye nyuma y’uko atangaje ko akumbuye ko bahobera.

Abantu benshi batangiye gukeka ko Harmonize yaba ariwe nyiri inda kubera ukuntu bari bamaze iminsi bakururana. Ndetse bimwe mu bituma bacyeka Harmonize ni ubutumwa yatambukije abwira Yolo ati “sinshoboye gutegereza kongera kuguhobera bea” ndetse ibi yabivuze mu kinyarwanda.

Ubundi byatangiye ubwo uyu mukobwa wahogoje abagabo benshi aho baba bifuza kuryamana nawe nubwo yigonderwa n’abifite kugatubutse kandi gahagije yatangazaga ko muri uyu mwaka ashobora gukoramo ikintu cy’ubusazi maze agatwara inda akitegura kubyara nk’abandi bagore. Umuhanzi w’umunya Tanzaniya uheruka no mu Rwanda akibibona yahise amuza uzamutera inda abinyujije kuri instagram.

Harmonize yatangiye kwiruka kuri uyu mukobwa ku rwego rwo hejuru kandi akabikora ntacyo ahishe , kuko yemezaga ko akunda uyu mukobwa byo gupfa. Bidatinze rero n’ubundi ubwo Yolo The Queen usanzwe yigurisha ku bagabo nk’uko nawe abyemeza yemeje ko atwite maze na Harmonize asa nk’ubyemeza ubwo yavugaga ko akumbuye ko bahorana , ibi bisobanuye ko bari basanzwe babonana.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.