HAHIYE!!! Amashusho ya Sheillah Gashumba yambaye ubusa buri buri akongoye imbuga , yagaragazaga n’imyanya ye y’ibanga

Hahiye! Ni imvugo igezweho mu bakiri bato ikoreshwa mu kwerekana ko ikintu runaka cyagarutsweho cyane. Ubu iri kwifashishwa ku mbuga nkoranyambaga z’abakurikiranira hafi imyidagaduro muri Uganda nyuma yo kubona amashusho y’Umunyamideli Sheilah Gashumba n’umukunzi we Rickman bari gusomana, basa n’abambaye ubusa buri buri.

Aya mashusho agaragaza Sheilah Gashumba asomana n’umukunzi we mu rwogero, n’andi yifashe agaragaza ubwambure bwe. Ibinyamakuru byo muri Uganda byatangaje ko ashobora kuba yarafashwe ubwo uyu mukobwa yari mu biruhuko n’umukunzi we.

Ni amashusho yagiye hanze kuri uyu wa Gatanu, tariki 25 Kanama 2023, icyakora aho yavuye n’icyatumye ashyirwa ku karubanda ntabwo kiramenyekana.Uyu mukobwa uheruka i Kigali mu minsi ishize ubwo yari yitabiriye Ibirori bya Kigali Auto Show, ni umwe mu bagezweho mu myidagaduro yo muri Uganda.

Uretse kuba icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, ni umwe mu banyamakuru b’imyidagaduro bakunze kwiyambazwa mu kuyobora ibirori bitandukanye.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.