RIB yafashe abarimo uwahoze ari umupolisi bakekwaho kwiyitirira inzego za Leta n’ubwambuzi bushukana
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe Abanenayo Dinnah, Twajamahoro Eliezel na Ndagijimana Ignace bakurikiranyweho icyaha cyo kwiyitirira urwego rw’umwuga no kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya.
RIB yafashe abarimo uwahoze ari umupolisi bakekwaho kwiyitirira inzego za Leta n’ubwambuzi bushukana Read More