Home 1

Umujyi wa Gisenyi wagarutsemo abazunguzayi nyuma yo gufungirwa isoko

Abagore bacuruza imbuto mu Mujyi wa Gisenyi bongeye kwibasira imihanda nyuma yo gufungirwa isoko bari bashyiriweho n’ishyirahamwe ‘Femme active’. Abagore babarirwa mu 150 ni bo bari basanzwe bakorera mu isoko ry’imbuto ryashyizweho na ‘Femme active’ mu Mujyi wa Gisenyi ahazwi nko kwa Rujende.

Umujyi wa Gisenyi wagarutsemo abazunguzayi nyuma yo gufungirwa isoko Read More

Musenyeri Kambanda na Harolimana, imbuto z’uruzinduko rwa Papa mu Rwanda mu 1990

Ku wa Kabiri tariki 8 Nzeri 2020, umunsi w’ibyishimo kuri Musenyeri Antoine Kambanda Arikiyepisikopi wa Kigali na Musenyeri Vincent Harolimana Umushumba wa Diosezi Gatolika ya Ruhengeri, bizihiza isabukuru y’imyaka 30 bamaze bahawe Ubusaseridoti na Papa Yohani Pawulo ll.

Musenyeri Kambanda na Harolimana, imbuto z’uruzinduko rwa Papa mu Rwanda mu 1990 Read More