Home 1

Ubuhamya bwa Ntirandekura warokotse amasasu ane yarasiwe mu bitero bya FLN

Nkuko hari umugani w’Ikinyarwanda uvuga ngo ‘So ntakwanga akwita nabi’ hari nubwo akwita izina rikakuzanira amahirwe mu buzima. Izina ni ikintu gikomeye mu muco Nyarwanda, ni yo mpamvu kwita umwana ari ikintu cyo kwitondera. Mu buhamya bwa Ntirandekura, umuntu yumva ko izina rye ryamuzaniye amahirwe.

Ubuhamya bwa Ntirandekura warokotse amasasu ane yarasiwe mu bitero bya FLN Read More

Muhanga: Bamaze imyaka itanu bishyuza ibyabo byangijwe n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Gasharu, Umurenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga, barasaba kwishyurwa ibyabo byangijwe n’ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro by’ikigo ‘Etablissement Sindambiwe’, hakaba hashize imyaka itanu bategereje ubwishyu.

Muhanga: Bamaze imyaka itanu bishyuza ibyabo byangijwe n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro Read More