Home 1

Kinsey Wolanski wigeze gukora agashya mu kibuga cy’umupira yagaragaye yasuye ingagi mu Birunga

Umukobwa wamamaye mu bitangazamakuru bitandukanye ku isi ubwo yirukaga yambaye ubusa muri sitade hari gukinwa umukino wa nyuma uhuza amakipe y’ibihangange i Burayi mu irushanwa rizwi nka UEFA Champions League wahuzaga Liverpool na Tottenham muri 2019, yatangaje ko yageze mu Rwanda asura ingagi zo mu Birunga.

Kinsey Wolanski wigeze gukora agashya mu kibuga cy’umupira yagaragaye yasuye ingagi mu Birunga Read More