Home 1

Turashaka ko abantu bazajya bubahiriza amabwiriza bibwirije, atari uko bikanze abayobozi – Mayor Mutabazi

U Rwanda rumaze hafi amezi atandatu ruhanganye n’icyorezo cya Coronavirus, kugeza ubu kidafite umuti cyangwa urukingo ariko gishobora kwirindwa mu gihe abantu bubahirije amabwiriza yo kwirinda yashyizweho n’inzobere mu by’ubuzima.

Turashaka ko abantu bazajya bubahiriza amabwiriza bibwirije, atari uko bikanze abayobozi – Mayor Mutabazi Read More

Icyatumye dushyiraho ibihano by’amafaranga ni uko imibare ikomeje kwiyongera – Rubingisa uyobora Kigali

Abatubahiriza amabwiriza yashyizweho yo kwirinda icyorezo cya COVID-19 mu Mujyi wa Kigali bashyiriweho ibihano bikaze birimo amande y’amafaranga y’u Rwanda kuva ku bihumbi icumi (10,000) kugera kuri miliyoni (1,000,000).

Icyatumye dushyiraho ibihano by’amafaranga ni uko imibare ikomeje kwiyongera – Rubingisa uyobora Kigali Read More