Home 1

Kigali: Abarimo ibyamamare bashyizwe mu kato nyuma yo gukora ibirori barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19

Ku wa Gatandatu tariki 15 Kanama 2020, abantu 35 bateraniye mu birori byiswe “Les Samedis Sympas” byateguwe n’umunyamideli Juan Nsabiye ku bufatanye na Hotel iherereye mu Kiyovu yitwa The Retreat y’uwitwa Josh & Alyssa Ruxin bakaba baracurangirwaga umuziki na DJ Toxxyk ndetse na K’Ru.

Kigali: Abarimo ibyamamare bashyizwe mu kato nyuma yo gukora ibirori barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 Read More

Ntibihagije gushyingira abantu hanyuma ntihagire uwongera kujya kureba uko urwo rugo rubayeho – Sr Immaculée Uwamariya

Soeur Uwamariya ni umwe mu Bihayimana, ariko inshingano ze akazifatanya no gutanga inama zubaka imiryango agamije ko ingo zikomera, ari yo mpamvu avuga ko urugo ari umushinga ugomba gukurikiranwa na buri wese.

Ntibihagije gushyingira abantu hanyuma ntihagire uwongera kujya kureba uko urwo rugo rubayeho – Sr Immaculée Uwamariya Read More