Libiya: Impande zimaze igihe zishyamiranye zashyize intwaro hasi
Ku wa Gatanu tariki 21 Kanama 2020, impande zitavuga rumwe zatangaje ko zashyize intwaro hasi.
Libiya: Impande zimaze igihe zishyamiranye zashyize intwaro hasi Read MoreThe Time Is Now
Ku wa Gatanu tariki 21 Kanama 2020, impande zitavuga rumwe zatangaje ko zashyize intwaro hasi.
Libiya: Impande zimaze igihe zishyamiranye zashyize intwaro hasi Read MoreUmubyeyi witwa Uwiringiyimana Beathe wo mu Mudugudu wa Rwagisangabo, Akagari ka Rugazi, Umurenge wa Katabagemu mu Karere ka Nyagatare, arasaba ubufasha bwatuma avuza umwana we Habamahirwe Jonas umaze imyaka ine afashwe n’ubumuga bw’ingingo.
Nyagatare: Arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we umaze imyaka ine amugaye Read MoreAbacuruzi bakorera mu nyubako za Gare ya Huye bavuga ko aho gahunda ya #GumaMuRugo yarangiriye bagasubira gucuruza, abakiriya babaye bakeya bityo bakaba bifuza kugabanyirizwa amafaranga y’ubukode.
Abacururiza muri Gare ya Huye barifuza kugabanyirizwa amafaranga y’ubukode Read MoreMinisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) itangaza ko kugeza ubu imbuto zikenerwa n’abahinzi zari zisanzwe zitumizwa hanze, hafi ya zose zitunganyirizwa mu Rwanda, ku buryo umwaka utaha nta zizatumizwa hanze.
Guhera umwaka utaha nta mbuto zizongera kugurirwa hanze – MINAGRI Read MoreMinisiteri y’Ubuzima iratangaza ko kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Kanama 2020 mu Rwanda abantu 7 bakize icyorezo cya COVID-19, mu gihe habonetse abarwayi bashya 63.
Kigali ikomeje kuza imbere mu kubonekamo abarwayi benshi ba COVID-19 Read MoreImibare y’abandura icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda imaze iminsi igaragaza ko ikomeza kuzamuka kurusha imibare y’abakira, ari nako imibare y’abapfa izamuka.
Iyaba hari umuti mwiza uhabwa abantu bagakira COVID-19 twari kuba tuwufite natwe – Dr Nsanzimana Read MoreAmabwiriza ya Minisiteri ya Siporo yo ku itariki ya 13 Nyakanga 2020 yatangaga uburenganzira bwo gusubukura ibikorwa bimwe na bimwe bya Siporo ariko hubahirizwa amabwiriza yo kurwanya COVID-19, amabwiriza ya Minisiteri avuga ko abakora imyitozo ngororamubiri bagomba gukorera gusa ahantu hafunguye (outdoor), kandi hubahirizwa amabwiriza yo guhana intera hagati y’umuntu n’undi.
Kigali: Ikigo gikorerwamo siporo cyahagaritswe kubera kutubahiriza amabwiriza yo kurwanya COVID-19 Read MoreHari hashize iminsi myinshi amakuru acicikana ko ikipe ya Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania yamaze kumvikana na rutahizamu Michael Sarpong ukomoka mu gihugu cya Ghana, gusa amakuru agezweho kuri ubu ni uko uyu mukinnyi yamaze gusinyira mukeba wa Simba ari we Young Africans.
Michael Sarpong asinyiye Young Africans nyuma yo kunaniranwa na Simba SC Read MoreN’ubwo utubari tugifunze kubera kwirinda Covid-19, ntabwo bibuza abakunzi b’inzoga kunywa bamwe bagasinda bazinywereye muri resitora cyangwa mu maduka kuko ho hadafunze.
Hari abitereka amafunguro muri Resitora bagamije kwinywera inzoga Read MoreCompany: Souk IG Ltd Website: http://www.souk-ig.com KK 402 Kicukiro Kagarama, Kigali, Rwanda. Field Agronomist Your role as an Agronomist would be to manage a large farm primarily producing Avocado. …
Field Agronomist Read MoreUbuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangiye gushyiraho ingamba nshya zo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo Covid-19 mu masoko yo muri uyu mujyi.
Kigali: Harimo kugeragezwa uburyo bushya bwo guhahira mu isoko Read MoreHari uwabona umuntu yicaye mu mutaka yambaye ‘akajile’ na telefoni mu ntoki, akagira ngo wenda kuba umu ajenti ‘agent’ wa sosiyete y’itumanaho si akazi gahemba kandi katunga ugakora neza.
Mu myaka ibiri amaze acuruza ‘Me2U’ ntazongera gusaba akazi ukundi. Yarangije kaminuza Read More