Home 1

Sobanukirwa umenye uburyo kwibuza kwitsamura ari bibi cyane kubuzima kuburyo urebye nabi wanahasiga amagara

Nubwo hari abantu bajya bibuza kwitsamura ugasanga bapfutse umunwa n’amazuru, byose kugira ngo batitsamura urusaku rugasohoka, ariko hari ibibazo bishobora guterwa no kwibuza kwitsamura, mu gihe hari ababyibuza, banga kubangamira …

Sobanukirwa umenye uburyo kwibuza kwitsamura ari bibi cyane kubuzima kuburyo urebye nabi wanahasiga amagara Read More

Dore uburyo bushya bwashyiriweho abatega imodoka zijya mu ntara/ Gare ya Nyabugogo ntago izajya itegerwamo na bose

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bufatanyije n’Urwego Ngenzuramikorere (RURA), bashyizeho ahandi ho gutegera imodoka hatari Nyabugogo, mu minsi ibiri ibanziriza ubunani (tariki 30-31 Ukuboza 2023). Umujyi wa Kigali uvuga ko mu …

Dore uburyo bushya bwashyiriweho abatega imodoka zijya mu ntara/ Gare ya Nyabugogo ntago izajya itegerwamo na bose Read More

Rutsiro: Umugabo akoze agashya azicuza ubwo yafatwaga ari gusambanira mu iduka rye agahita aritwika kubera umujinya

Mu mudugudu wa Runaba, Akagari Haniro, Umurenge wa Manihira mu karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba, umugabo w’imyaka 40 yafatiwe mu iduka rye asambana, agira umujinya atwika iryo duka. Kuri …

Rutsiro: Umugabo akoze agashya azicuza ubwo yafatwaga ari gusambanira mu iduka rye agahita aritwika kubera umujinya Read More

Ese wari uzi ko imbuto za Water Melon ari nziza kuzirenza kubiryo? / Dore ibyiza byo kuzifashisha buri munsi

Watermelon ni urubuto ubundi rugizwe n’amazi ku kigero cya 92%, rukigiramo n’izindi vitamine n’ubutare butandukanye, bituma ari urubato rw’ingenzi ku buzima bw’abantu bakunda kururya. Gusa, imbuto zo muri watermelon na …

Ese wari uzi ko imbuto za Water Melon ari nziza kuzirenza kubiryo? / Dore ibyiza byo kuzifashisha buri munsi Read More