Home 1

Dore ibyago n’amakuba YAGO Pon Dat yagiye asimbuka bije bizanywe no gushyingura impano ye ngo azime

Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago ni umwe mu bahanzi batangiye umuziki mu nzira irimo amananiza menshi yaturutse ku mijugujugu y’amagambo yatewe akimara gukora indirimbo ya kabiri. Yago wahoze ari umunyamakuru …

Dore ibyago n’amakuba YAGO Pon Dat yagiye asimbuka bije bizanywe no gushyingura impano ye ngo azime Read More

Ihere ijisho ku mafoto 10 y’ubwiza n’ikimero bya Miss Muheto wujuje imyaka 21 y’amavuko acyambaye ikamba

Miss Nshuti Divine Muheto umukobwa w’ubwiza , uburanga , imitere ndetse n’ikimero bihebuje yujuje isabukuru y’imyaka 21 y’amavuko , maze anongera kugarukwaho na benshi ku mbuga nkoranyambaga bamwifuriza kuryoherwa n’uyu …

Ihere ijisho ku mafoto 10 y’ubwiza n’ikimero bya Miss Muheto wujuje imyaka 21 y’amavuko acyambaye ikamba Read More

Aba bagore uko ari 7 nibo bambere mu mateka y’igisirikare cy’urwanda bahawe amapeti ya Colonels (Reba Amafoto)

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yaraye azamuye mu ntera abasirikare barenga 700. Muri bo, ab’igitsinagore nabo barahari kandi bahawe amapeti akomeye. Muri iyi nkuru y’Amafoto twabateguriye , …

Aba bagore uko ari 7 nibo bambere mu mateka y’igisirikare cy’urwanda bahawe amapeti ya Colonels (Reba Amafoto) Read More

Meddy yeruriye abashidikanya ku gakiza ke avuga ko yaretse inzoga ndetse uburyo urugo rwe Yesu yaruhinduye Paradizo

Umuhanzi Ngabo Médard Jobert wamamaye nka Meddy yagarutse ku rugendo rwo kwiyegereza Yesu Kirisitu nk’umucunguzi, ahamya ko urugo rwe yaruhinduye paradizo. Igihe kimwe Meddy yari arimo gusenga yumva ijwi rimubaza …

Meddy yeruriye abashidikanya ku gakiza ke avuga ko yaretse inzoga ndetse uburyo urugo rwe Yesu yaruhinduye Paradizo Read More

AMAFOTO:Reba ubwiza bwa Stade Amahoro yamaze gushyirwamo ubwatsi bugejweho bwo mu kibuga

Ubwatsi bw’ubukorano bugezweho nibwo bwatangiye gushyirwa mu kibuga cya Stade Amahoro imaze iminsi iri kuvugururwa , ndetse ikaba yenda no kuzura kuburyo abitegura gucongeramo ruhago bategura Godiyo zabo (inkweto kabuhariwe …

AMAFOTO:Reba ubwiza bwa Stade Amahoro yamaze gushyirwamo ubwatsi bugejweho bwo mu kibuga Read More

Cadette wamamaye muri Miss Rwanda yahawe impano y’imodoka ya miliyoni 20 ahisha uwayimuhaye (AMAFOTO)

Miss Umukundwa Clemence [Cadette] uri mu bakobwa bamamaye mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019, yagaragaje ibyishimo bitangaje nyuma yo kwibikaho imodoka nshya atatangaje uwayimuhaye. Nk’uko bigaragara mu mashusho yasangije abamukurikira, …

Cadette wamamaye muri Miss Rwanda yahawe impano y’imodoka ya miliyoni 20 ahisha uwayimuhaye (AMAFOTO) Read More

Dore ibintu 5 byagiza umwijima abantu birirwa bakina nabyo umunsi kuwundi bataziko bari kwikururira ikishi

Umwijima ni kimwe mu bice by’ingenzi cyane mu mubiri w’umuntu, ibintu byose umuntu arya bibanza gutunganywa n’umwijima na mbere y’uko byinjira mu igogora. Umwijima ni akayunguruzo mu mikorere y’umubiri wose …

Dore ibintu 5 byagiza umwijima abantu birirwa bakina nabyo umunsi kuwundi bataziko bari kwikururira ikishi Read More