Home 1

Amavubi yahamagaje umunyezamu ukina mu kiciro cya mbere mu Bubiligi , aho ikipe abarizwamo ariyo iyoboye shampiyona ihigitse ibikomerezwa

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryamaze guhamagara umunyezamu wa Union Saint-Gilloise mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi, Maxime Wenssens ngo aze mu Mavubi. Uyu munyezamu ufite inkomoko mu Rwanda …

Amavubi yahamagaje umunyezamu ukina mu kiciro cya mbere mu Bubiligi , aho ikipe abarizwamo ariyo iyoboye shampiyona ihigitse ibikomerezwa Read More

Mu Burundi ibintu ntibyoroshye , Akaboga kari kurya umugabo kuko ubu kumva ubunurire bw’akanyama biri gusaba kuba wifite

Abagura inyama mu mujyi wa Rumongi mu Burundi, barataka igiciro gihanitse cyazo, bavuga ko kuri ubu ziri kwigonderwa n’uwifite, bagasaba ubuyobozi kugira icyo bubikoraho nabo bakasha kwikora kumunwa bakumva ku …

Mu Burundi ibintu ntibyoroshye , Akaboga kari kurya umugabo kuko ubu kumva ubunurire bw’akanyama biri gusaba kuba wifite Read More

Nyuma y’uko abwiye nyina ko agiye gukatira uwari umukunzi we yahise amwica umurambo awusiga ku kibuga cy’indege ahungira iwabo

Kevin Kinyajui Kang’ethe, umugabo ufite inkomoko muri Kenya ariko wari utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, arashinjwa kwica umukobwa bakundanaga, agahita atega indege imusubiza iwabo muri Kenya. Kevin bivugwa …

Nyuma y’uko abwiye nyina ko agiye gukatira uwari umukunzi we yahise amwica umurambo awusiga ku kibuga cy’indege ahungira iwabo Read More