Home 1

Ubuzima n’ubwawe kandi nawe ugomba kwikunda ukiyitaho! / Dore izi ni Siporo 4 wakora bikakugabanyiriza ububabare bw’umugongo

Umugongo ni rumwe mu ngingo z’umubiri w’umuntu rukoreshwa cyane, ibi rero bituma akenshi umuntu ashobora kuwumvamo uburibwe bukabije buri gihe cyane cyane iyo ananiwe. Ni byiza rero ko tuwufasha kuruhuka …

Ubuzima n’ubwawe kandi nawe ugomba kwikunda ukiyitaho! / Dore izi ni Siporo 4 wakora bikakugabanyiriza ububabare bw’umugongo Read More

Igice cya mbere: Dore uburyo bwiza wakorakora (caresses) umugore ukamutosa kugeza biciyemo mugatera akabariro ku buryo bushimishije

Tubanze twemeranye ku kintu kimwecyo gukorakoranaho, (caresses) ari ikintu cy’ingenzi cyambere mu bitera kwifuza kuryamana hagati y’umugore n’umugabo. Bizwi ko ubundi mu miterere y’umugore, inkomoko yo kwifuza ituruka kure, atari …

Igice cya mbere: Dore uburyo bwiza wakorakora (caresses) umugore ukamutosa kugeza biciyemo mugatera akabariro ku buryo bushimishije Read More

Ubu nibwo byatangira neza / Menya ibya abakozi 3 b’ikipe ya APR Fc bari kuregwa amarozi none urukiko rukaba rugiye gushyiraho akarwo narwo

Isomwa ry’Urubanza abakozi batatu ba APR FC baregwamo n’Ubushinjacyaha bwa Gisirikare gucura umugambo wo guha abakinnyi ba Kiyovu Sports ibintu bibaca intege, ryasubitswe aho Urukiko rugiye kwikorera iperereza. Aba bari …

Ubu nibwo byatangira neza / Menya ibya abakozi 3 b’ikipe ya APR Fc bari kuregwa amarozi none urukiko rukaba rugiye gushyiraho akarwo narwo Read More

Menya byinshi ku ndwara ituma umuntu ahora yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina kuburyo bitera bamwe mu bagore kwisabira abagabo

Nyuma yo gusanga hari abantu badashobora kumara igihe kinini badakoze imibonano mpuzabitsina, ibi kandi bikagaragara hagati y’abashakanye cyangwa abatarashakanye iyi ngingo usanga itavugwa ho rumwe,iki kibazo cyaje gusubizwa n’abahanga muri …

Menya byinshi ku ndwara ituma umuntu ahora yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina kuburyo bitera bamwe mu bagore kwisabira abagabo Read More

NTIBISANZWE: Mu Rwanda abanyeshuri bigana bakoze ubukwe basezerana bakiri ku ntebe y’ishuri nyuma y’igihe kinini bakundana

Abanyeshuri bigana mu ishuri rimwe muri G.S Rwabicuma mu Karere ka Nyanza, biyemeje kubana akaramata kandi amasomo yabo agakomeza nta nkomyi. Imiryango, inshuti baje gushyigikira isezerano rya Jean Claude Uwihanganye …

NTIBISANZWE: Mu Rwanda abanyeshuri bigana bakoze ubukwe basezerana bakiri ku ntebe y’ishuri nyuma y’igihe kinini bakundana Read More