Home 1

Britney Spears ukunze gushyira amafoto ye ku karubanda yambaye ubusa yavuze ikibimutera kuburyo yanabyanditseho igitabo (Reba Amafoto)

Umuhanzikazi w’icyamamare, Britney Spears, uzwiho gukunda gushyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga yambaye ubusa, yashyize avuga impamvu ibimutera.Britney Spears umuhanzikazi akaba n’umwanditsi w’indirimbo wubatse izina ku rwego mpuzamahanga mu njyana …

Britney Spears ukunze gushyira amafoto ye ku karubanda yambaye ubusa yavuze ikibimutera kuburyo yanabyanditseho igitabo (Reba Amafoto) Read More

Disi yari yapfuye mbere ajya ku kazi atazi ibyabaye / Josiane Mwiseneza wamamaye muri Miss Rwanda yapfushije nyina

Mwiseneza Josiane wegukanye ikamba rya Nyampinga ukunzwe cyane ‘Miss Popularity 2019’ muri Miss Rwanda, ari mu gahinda gakomeye ko kubura umubyeyi we, Mukamudenge Judith. Mu kiganiro gito Josiane yagiranye na …

Disi yari yapfuye mbere ajya ku kazi atazi ibyabaye / Josiane Mwiseneza wamamaye muri Miss Rwanda yapfushije nyina Read More

Mbigenze Nte? Umugore wanjye anyurwa no gusomana cyane kurusha gutera akabariro , akanga ko tubikora byimbitse kandi njye mba mbishaka

Umugabo yagishije inama y’icyo yakora nyuma y’uko ngo umugore we akunda gusomana kuruta uko yaterwa akabariro gusa umugabo bibanza kumugora cyane kugeza aho yumvishe yakwifashisha abantu bakamugira inama , dore …

Mbigenze Nte? Umugore wanjye anyurwa no gusomana cyane kurusha gutera akabariro , akanga ko tubikora byimbitse kandi njye mba mbishaka Read More

Menya andi makuru mashya ku mugabo wakoze amahano akica abafana 2 ba Sweden ubwo yakinaga n’u Bubiligi / Dore ibyamubayeho nawe!

Umugabo ukekwaho kwica arashe abantu babiri ubwo ikipe y’Igihugu y’u Bubiligi yakinaga n’iya Sweden, na we yishwe arashwe muri iki gitondo, hatangazwa n’andi makuru arambuye kuri we n’inkomoko ye. Ibi …

Menya andi makuru mashya ku mugabo wakoze amahano akica abafana 2 ba Sweden ubwo yakinaga n’u Bubiligi / Dore ibyamubayeho nawe! Read More

Harabura iminsi itabarirwa ku ntoki ngo Amavubi atangire ijonjora ry’igikombe cy’Isi , Ese iby’umutoza bigeze he?

Harabura iminsi itageze ku kwezi ngo u Rwanda rutangire ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 ariko umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi , kugeza na nubu ntago aratangazwa. Umuvugizi wungirije …

Harabura iminsi itabarirwa ku ntoki ngo Amavubi atangire ijonjora ry’igikombe cy’Isi , Ese iby’umutoza bigeze he? Read More