Home 1

Ntuzisange mu mazi ubyita ikiziba / Dore amagambo umukobwa atakwigera atungutsa mu kanwa ke igihe agukunda by’ukuri

Buri uko wumva ngo abantu barakundana, burya siko bose baba bakundana urukundo rw’ukuri , urukundo rw’ukuri rugaragara igihe igihe abantu bubahana kandi bahana n’agaciro.Iyo umukobwa agukunda by’ukuri, ibikorwa bye n’amagambo …

Ntuzisange mu mazi ubyita ikiziba / Dore amagambo umukobwa atakwigera atungutsa mu kanwa ke igihe agukunda by’ukuri Read More

Chris Brown ugiye gushyira hanze album nshya yatangaje ko afite indirimbo ibihumbi 15 zitarajya hanze

Umuririmbyi w’Umunyamerika, Christopher Maurice Brown, wamamaye nka Chris Brown, yatangaje ko afite indirimbo zigera ku 15.000 atarasohora. Chris Brown yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Shannon Sharpe muri Club Shay Shay …

Chris Brown ugiye gushyira hanze album nshya yatangaje ko afite indirimbo ibihumbi 15 zitarajya hanze Read More

USA: Joe Biden amerewe nabi ngo yegure nyuma y’uko perezida w’inteko nshinga mategeko abisabye akaba ari no kubikurikiranira hafi

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kevin McCarthy, usanzwe abarizwa mu Ishyaka ry’Aba-Républicains yasabye ko hatangizwa urugendo rwo kweguza Perezida Joe Biden wayoboye iki gihugu atsinze …

USA: Joe Biden amerewe nabi ngo yegure nyuma y’uko perezida w’inteko nshinga mategeko abisabye akaba ari no kubikurikiranira hafi Read More

Lionel Messi yaguze inzu y’akayabo k’amadorali menshi / Reba Amafoto y’iyi nzu iri ahantu heza ku mazi muri Florida

Umukinnyi w’umupira w’amaguru, Lionel Messi, yagaragaje neza ko ntaho azajya ubwo yaguraga inzu nziza cyane ya miliyoni 10.75 z’amadorali hafi y’amazi i Fort Lauderdale, nkuko abashinzwe kugurisha imitungo itimukanwa bayimugurishije …

Lionel Messi yaguze inzu y’akayabo k’amadorali menshi / Reba Amafoto y’iyi nzu iri ahantu heza ku mazi muri Florida Read More

Musore ni wowe ubwirwa! Uzirinde aya makosa mu gihe uri gukundana n’umukobwa atazakureka rutarenze n’umutaru ngo ugire icyo ugeraho

Itangiriro ryiza ritanga umusaruro muzima , gusa ariko rimwe na rimwe n’itangiriro ribi hari igihe riwutanga kubw’amahirwe, icyo nshaka kubabwira n’uko uko utangiye iyo winjiye mu rukundo nibyo ahanini bizagaragaza …

Musore ni wowe ubwirwa! Uzirinde aya makosa mu gihe uri gukundana n’umukobwa atazakureka rutarenze n’umutaru ngo ugire icyo ugeraho Read More