Home 1

MU MAFOTO ABONEYE! , Twihere ijisho tunamenye byinshi ku kigo gitanga imyitozo n’andi masomo akomeye yo kurwanya iterabwoba (SWAT)

Muburyo bwo gucunga umutekano mu gushakira amahoro abanyagigu ndetse n’abanyamahanga u Rwanda ruha umusada n’abandi muri rusange , nibintu biba bisaba imbaraga nyinshi mw’ireme rihanitse ku Mitwe Idasanzwe y’Abapolisi, n’ubundi …

MU MAFOTO ABONEYE! , Twihere ijisho tunamenye byinshi ku kigo gitanga imyitozo n’andi masomo akomeye yo kurwanya iterabwoba (SWAT) Read More

AMAFOTO: Aba nibo bahanzi bagiye gutaramira abakunzi ba muzika mu iserukiramuco rizazenguruka igihugu rya MTN Iwacu na Muzika Festival

East African Promoters[EAP] yongeye kugarukana imbaraga nyinshi mw’iserukiramuco rizenguruka igihugu nyuma y’imyaka ibiri Iwacu na Muzika ritereka abahanzi abakunzi ba muzika nyarwanda. Ni muri ubwo buryo nubundi bw’imbaraga MTN yabyinjiyemo …

AMAFOTO: Aba nibo bahanzi bagiye gutaramira abakunzi ba muzika mu iserukiramuco rizazenguruka igihugu rya MTN Iwacu na Muzika Festival Read More

APR BBC iri gukina ntakujenjeka yakamejeje! Nyuma yo gutsinda REG iri gukoza imitwe y’intoki ku gikombe yari imaze imyaka 14 yaribagiwe

APR BBC yaraye itsinze REG BBC amanota 80-75 mu mukino wa gatatu wa nyuma wa kamarampaka muri muri Basketball “BetPawa Playoffs”, isigara isabwa gutsinda umukino umwe gusa ikegukana igikombe. Abasore …

APR BBC iri gukina ntakujenjeka yakamejeje! Nyuma yo gutsinda REG iri gukoza imitwe y’intoki ku gikombe yari imaze imyaka 14 yaribagiwe Read More