Home 1

Apucuri,Disi reba ukuntu Meddy n’umuryango bibereyeho mu buryohe bw’urukundo n’ibyishimo baterwa n’umwana wabo (Reba Amafoto)

Ngabo Medard umuhanzi w’icyamamare w’umunyarwanda wamamaye kw’izina rya Meddy akomeje kuryoherwa n’urukundo rw’umuryango we ariwo umugore n’umwana akunda cyane bihebuje. Mu birori by’agahebuzo Meddy hashize igihe akoze ubukwe n’uyu mugore …

Apucuri,Disi reba ukuntu Meddy n’umuryango bibereyeho mu buryohe bw’urukundo n’ibyishimo baterwa n’umwana wabo (Reba Amafoto) Read More

NTIBISANZWE! Yarize amasaha 100 yose adahagarara ngo ace agahigo ka Gunness World Records birangira ahumye!

Daniel Tembu umunyarwenya ukomoka muri Nigeria, yatakaje ubushobozi bwo kubona (yarahuye) mu gihe cy’iminota 45 yose, nyuma yo kugerageza guca agahigo ko kurira amasaha 100 adahagaritse. Uyu Daniel Tembu, aherutse …

NTIBISANZWE! Yarize amasaha 100 yose adahagarara ngo ace agahigo ka Gunness World Records birangira ahumye! Read More

Nshuti yanjye niwibonaho ibi bimenyetso uzacungire bugufi utazashiduka indwara y’umutima iguhitanye utabizi!

Umutima ni kimwe mu bice by’umubiri birwara kandi iyo ndwara ikaba imwe  mu zihitana umubare w’abantu benshi mu mwaka , ariko kandi muri abo bose nta n’umwe uwurwara atabanje kugira …

Nshuti yanjye niwibonaho ibi bimenyetso uzacungire bugufi utazashiduka indwara y’umutima iguhitanye utabizi! Read More

Reba urutonde rw’abakinnyi 5 bafite abagore beza kurusha abandi ku isi / Christiano niwe ubahiga ikizungerezi

Cristiano Ronaldo utahizamu wa Al Nassr ndetse n’ikipe y’igihugu ya Portugal, niwe uyoboboye urutonde rw’abakinnyi b’umupira w’amaguru bafite abagore beza kurusha abandi ku Isi. Abagore n’abakinnyi cyangwa se abakunzi babo …

Reba urutonde rw’abakinnyi 5 bafite abagore beza kurusha abandi ku isi / Christiano niwe ubahiga ikizungerezi Read More

Mbere yo kwesurana na Rayon Sports ,APR FC ikataje imyitozo bieganyijwe ko izabanza gukina imikino 2 mpuzamahanga

Nyuma y’imyaka 11 yose bakoresha abakinnyi b’abanyarwanda gusa , APR FC yaguze abanyamahanga irateganya gukina imikino 2 mpuzamahanga mugihe inakataje imyitozo yitegura umwaka w’imikino wa 2023-24 uzatangira tariki ya 12 …

Mbere yo kwesurana na Rayon Sports ,APR FC ikataje imyitozo bieganyijwe ko izabanza gukina imikino 2 mpuzamahanga Read More