Home 1

Dore amafoto 15 y’indobanure ari Hot & Sexy kurusha andi y’umuhanzikazi Bwiza utavugwaho kwiyandarika

Umuhanzikazi w’umunyarwandakazi Bwiza Emmerance , n’umwe mu bakobwa binjiye muri muzika aza avugwaho anitezweho byinshi bisa nk’ibyo abandi bakobwa bagenzi be baza bakora ngo bamamare birimo kwiyandarika bambara ubusa mu …

Dore amafoto 15 y’indobanure ari Hot & Sexy kurusha andi y’umuhanzikazi Bwiza utavugwaho kwiyandarika Read More

Bakobwa murarye muri nenjye! Dore impamvu ituma abasore bakunda kubakanda amabuno iyo muhoberanye cyangwa muri gusomana

Akenshi na kenshi iyo abasore bahoberanye n’abakobwa bakunze kurangwa no kubakorakora kubasoma byimbitse ndetse no kubakanda kumabuno kandi cyane , ibi bikagira igisobanuro kubijyanye n’ibintu bimwe cyangwa ibindi biganisha ku …

Bakobwa murarye muri nenjye! Dore impamvu ituma abasore bakunda kubakanda amabuno iyo muhoberanye cyangwa muri gusomana Read More

Mbappé umaze gutsindira PSG ibitego byinshi mu mateka yayo yasigajwe inyuma mu myiteguro iyi kipe igiye gukorera Aziya

Ikipe ya Paris Saint-Germain ntiyigeze ijyana rutahizamu wayo, Kylian Mbappé, mu myiteguro y’umwaka mushya w’imikino izakorera mu Buyapani no muri Koreya y’Epfo.Mbappé ufite agahigo ko gutsinda ibitego byinshi mu mateka …

Mbappé umaze gutsindira PSG ibitego byinshi mu mateka yayo yasigajwe inyuma mu myiteguro iyi kipe igiye gukorera Aziya Read More

BIRABABAJE! Abageni b’i Nyamasheke bakoreye ubukwe kwa muganga nyuma y’impanuka ikomeye yahitanye 2 barimo na sebukwe w’umusore

Abageni aribo Nyirandagijimana Bonifrid na Niyitanga Pacifique bo mu Karere ka Nyamasheke basezeraniye mu Bitaro bya Kibogora nyuma y’uko umukobwa akoze impanuka ari kumwe n’abari bamuherekeje berekeza ku rusengero, igahitana …

BIRABABAJE! Abageni b’i Nyamasheke bakoreye ubukwe kwa muganga nyuma y’impanuka ikomeye yahitanye 2 barimo na sebukwe w’umusore Read More

Biteye agahinda uburyo izi nyamanswa uko ari 5 zipfa ziri kubyara abana bazo bakirera

Kubaho kw’ikinyabuzima runaka hakazagera igihe hakabaho kwibaruka nibimwe mu bishimisha ibinyabuzima birimo inyamanswa ndetse n’abantu muri rusange  , Gusa muri izo nyamanswa zibyara siko zose zibasha kurera abo zabyaye . …

Biteye agahinda uburyo izi nyamanswa uko ari 5 zipfa ziri kubyara abana bazo bakirera Read More

Zuchu yeruye avuga agahinda n’ishavu aterwa no kuba nta narimwe arajya mu rukundo ngo yishime ahubwo yisanga yigunze ari kurira

Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzania Zuchu,  mu magambo arimo agahinda n’amaganya menshi yatangaje ko atajya ahirwa mu rukundo kuko igihe cyose abigerageje birangira ababaye kandi yarabyinjiyemo akurikiranye ibyishimo. Umuhanzikazi …

Zuchu yeruye avuga agahinda n’ishavu aterwa no kuba nta narimwe arajya mu rukundo ngo yishime ahubwo yisanga yigunze ari kurira Read More