Home 1

Jay Z niwe wasohoye nyina akanamuherekeza no kuri Altar ubwo yarongoranaga n’umugore mugenzi we

Mu bukwe bwari bwagizwe ibanga cyane Gloria Carter nyina wa Jay Z umuraperi ukomeye cyane kw’isi yakoze ubukwe n’umugore mugenzi we Roxanne Wilshire bakundanye imyaka 7.TMZ yavuzeko uyu muraperi Jay …

Jay Z niwe wasohoye nyina akanamuherekeza no kuri Altar ubwo yarongoranaga n’umugore mugenzi we Read More

Inkuru iteye agahinda! Umuherwe wenda kwitaba Imana yeguriye imitungo ye yose Neymar Jr utagira ubusambo muri rubanda

Inkuru idasanzwe mu buzima bwo kw’isi iri kuvuga kumunyamiliyoneri watunguye benshi ubwo yavugaga ko nta muntu n’umwe ugomba kuzasigarana imitungo ye uretse umukinnyi ukomeye w’umunya Brazil Neymar . akaba ari …

Inkuru iteye agahinda! Umuherwe wenda kwitaba Imana yeguriye imitungo ye yose Neymar Jr utagira ubusambo muri rubanda Read More

N’ingenzi ko wakwibuka gukora ibi bintu uko ari 5 mu gihe ugiye gutera akabariro n’uwo mwashakanye!

Mubyukuri twese tuzi neza ko igikorwa cyo gutera akabariro ari ingenzi kubashakanye kuko akenshi iyo icyo gikorwa kigenze nabi bishora no kubaviramo umubano udahwitse.Niyo mpamvu rero aha urubuga rwanyu BabiTimes.com …

N’ingenzi ko wakwibuka gukora ibi bintu uko ari 5 mu gihe ugiye gutera akabariro n’uwo mwashakanye! Read More

Nyuma y’iminsi asohoye indirimbo bambaye ubusa , Janelle Monae yatunguye abafana abereka ibere mu gitaramo (Reba Amafoto)

Umunyamerikakazi Janelle Monae uri mu bagezweho muri iki gihe , nyuma y’iminsi micye ashyize hanze amashusho y’indirimbo ye ‘Lipstic Lover’ igaragaramo abakobwa bambaye ubusa , uyu muhanzikazi yongeye gutungurana ubwo …

Nyuma y’iminsi asohoye indirimbo bambaye ubusa , Janelle Monae yatunguye abafana abereka ibere mu gitaramo (Reba Amafoto) Read More

Nkwifurije kutazisanga hamwe mu hantu nk’aha habi cyane kw’isi! Dore uru n’urutonde rwa gereza 10 mbi kandi ziteye ubwoba kw’isi

Niba warabayeho wifuza kuba mubuzima bwiza ngo uhure n’ibibazo biruta ibindi, nukuri BabiTimes.com ikwifurije kutazisanga uri hamwe mu hantu nkaha tugiye kukubwira, kuriyi nshuro tugiye kureba urutonde rwa za gereza …

Nkwifurije kutazisanga hamwe mu hantu nk’aha habi cyane kw’isi! Dore uru n’urutonde rwa gereza 10 mbi kandi ziteye ubwoba kw’isi Read More

Inkuru Nshya! Ismael Mwanafunzi, yasezeranye n’umunyamakuru mugenzi we Mahoro Claudine (AMAFOTO+VIDEO)

Umunyamakuru ukunzwe cyane mu Rwanda kubera ijwi rye ryumvikana cyane mu biganiro akora kuri Radio na Tv Rwanda ndetse ahandi mu byegeranyo bica hirya no hino yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi …

Inkuru Nshya! Ismael Mwanafunzi, yasezeranye n’umunyamakuru mugenzi we Mahoro Claudine (AMAFOTO+VIDEO) Read More

Rihanna wagarutse yigize mushya yashimiwe na Nicki Minaj kubw’agahigo yaciye / Dore amafoto ye mashya twavumbuye!

Umuhanzikazi Rihanna w’imyaka 35 y’amavuko  aheruka gusohora umuzingo w’indirimbo (Album) mu myaka 7 ishize gusa yatungura ubwo yagaragazaga ko kugeza ubu ariwe mu gore wambere wujuje miliyari kuri Spotify ntana …

Rihanna wagarutse yigize mushya yashimiwe na Nicki Minaj kubw’agahigo yaciye / Dore amafoto ye mashya twavumbuye! Read More

Dore urutonde rw’abakinnyi 15 ba mbere bakize kandi bahembwa menshi kurusha abandi kw’isi muri 2023

Mwaramutse nshuti, murakaza neza kuri blog yacu ishimishije kandi itanga amakuru. Uyu munsi rero tuzaganira kubakinnyi beza bakize kandi bahembwa menshi mu 2023. Aba bakinnyi b’umupira w’amaguru bari mu bakinnyi …

Dore urutonde rw’abakinnyi 15 ba mbere bakize kandi bahembwa menshi kurusha abandi kw’isi muri 2023 Read More

Ku nshuro yambere igitaramo ngaruka kwezi “Heart and Soul”kigiye kubera Remera Miracle Center

Atawale International Ministry ku bufatanya na Urugero Media Group ndetse na Remera Miracle Center, bateguye igitaramo cyitwa “Heart and Soul” cyizajya cyiba buri kwezi. Iki gitaramo kikaba gifite intego y’ivugabutumwa …

Ku nshuro yambere igitaramo ngaruka kwezi “Heart and Soul”kigiye kubera Remera Miracle Center Read More

Bashenguye imitima y’abagabo benshi babifuzaga kubera ubwiza bwabo maze aba ba Miss bagahitamo gushyingiranwa nyuma yo guhatanira ikamba

Abakobwa beza cyane b’ibyamamare bashenguye imitima y’abagabo benshi nyuma yo kubasangiza amashusho agaragaza umubano wabo weruye nk’umugore n’umugabo . Abo ni Mariana Varela na Fabiola Valentin bari baserukiye ibihugu byabo …

Bashenguye imitima y’abagabo benshi babifuzaga kubera ubwiza bwabo maze aba ba Miss bagahitamo gushyingiranwa nyuma yo guhatanira ikamba Read More