Home 1

Menya amoko 6 y’urukundo wakunda ukanakundwakazwamo utazibeshya ukaba wanarenganya ugukunda

Usanga abantu benshi badakunda cyangwa se ngo bakundwe mu buryo bumwe bitewe n’uko hari ubwoko bwinshi bw’urukundo bityo bigatuma hari n’abantu benshi bakundwa ariko ntibishimire urukundo bahabwa ndetse rimwe na …

Menya amoko 6 y’urukundo wakunda ukanakundwakazwamo utazibeshya ukaba wanarenganya ugukunda Read More

Umunyamideri Moses yarize , aratitira maze atakamba asaba imbabazi avugako yafatanywe akaburi gato kadashinga!(Amafoto)

Umunyamideri Moses Turahirwa yarize aranatakamba anatitira ubwo yasabaga imbabazi ko ababariwe atazongera gusubira ibyaha ari kuregwa maze asaba ko yarekurwa agakomeza amasomo ye. Yireguye avugako ari akaburi kamwe gusa bamusanganye …

Umunyamideri Moses yarize , aratitira maze atakamba asaba imbabazi avugako yafatanywe akaburi gato kadashinga!(Amafoto) Read More

Dore amafoto y’uko byari bimeze mu gitaramo gikomeye Israel Mbonyi yaraye akoreye mu Bubiligi , amatike yashize hakiri kare

Ku munsi w’ejo tariki ya 11 Kmena 2023 nibwo umuhanzi w’icyamamare mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi yakoreye igitaramo mu Bubiligi maze kikitabirwa n’imbaga y’abarenga ibihumbi bibiri …

Dore amafoto y’uko byari bimeze mu gitaramo gikomeye Israel Mbonyi yaraye akoreye mu Bubiligi , amatike yashize hakiri kare Read More

Mu isura nshya y’abagororwa Moses wa Moshions yitabye urukiko yogoshe uruhara (Amafoto)

Turahirwa Moses wamamaye mu guhanga imideri abinyujije mu nzu ye izwi kw’izina rya Moshions , yavuzweho cyane aba umwe mu bari bigaruriye imbuga nkoranyambaga mu minsi ishize bitewe n’amashusho n’amafoto …

Mu isura nshya y’abagororwa Moses wa Moshions yitabye urukiko yogoshe uruhara (Amafoto) Read More

Umufana wa Arsenal yatawe muri yombi azira ihohotera yakoreye Mykhailo mu mukino yatsinzemo Chelsea 3-1

Umuyobozi w’ikipe ya Arsenal, Mikel Arteta, yemeje ko bagiye gushyikiriza ubutabera umufana wabo wamurikishije ikaramu ifite agatara k’icyatsi, mu jisho rya Mykhailo Mudryk mu mukino Arsenal yaraye itsinzemo Chelsea 3-1. …

Umufana wa Arsenal yatawe muri yombi azira ihohotera yakoreye Mykhailo mu mukino yatsinzemo Chelsea 3-1 Read More

Ese Moses Turahirwa nyiri Moshions kuba afunzwe bihuriye he no kuba aryamana n’abo bahuje ibitsina bari muri (LGBTQ)?Dore uko bimeze!

Itangazamakuru mpuzamahanga ryiganjemo iryo mu Burengerazuba bw’Isi, ryasamiye hejuru inkuru y’ifungwa rya Turahirwa Moses washinze Inzu y’Imideli ya Moshions, riyisanisha no kuba abarizwa mu Muryango w’Ababana bahuje ibitsina mu Rwanda …

Ese Moses Turahirwa nyiri Moshions kuba afunzwe bihuriye he no kuba aryamana n’abo bahuje ibitsina bari muri (LGBTQ)?Dore uko bimeze! Read More

Biteye agahinda: Minisitiri Bayisenge yihanganishije umuryango wapfushije abana 3 icyarimwe mu mpanuka yahitanye abantu 6

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof Bayisenge Jeannette, yihanganishije umuryango wa Sikubwabo wapfushije abana batatu umunsi umwe baguye mu mpanuka y’imodoka. Ibi Minisitiri yabigarutseho yifashishije imbuga nkoranyambaga ze by’umwihariko urukuta rwa …

Biteye agahinda: Minisitiri Bayisenge yihanganishije umuryango wapfushije abana 3 icyarimwe mu mpanuka yahitanye abantu 6 Read More

Byavumbuwe ko Elon Mask nagura Twitter azahita yirukana abakozi 5600 bari basanzwe bayikorera

Umuherwe Elon Musk arateganya kwirukana 75% by’abakozi ba Twitter naramuka aguze uru rubuga nkoranyambaga. Ikinyamakuru Washington Post cyatangaje ko abantu bagera ku 7.500 bakorera kuri Twitter ariko 75% ku ijana …

Byavumbuwe ko Elon Mask nagura Twitter azahita yirukana abakozi 5600 bari basanzwe bayikorera Read More