Home 1

“Cheri warakoze kandi Imana iguhe umugisha” Ndimbati agarutse asetsa birenze / Umugore we ararize!

Umukinnyi ukomeye muri sinema nyarwanda Uwihoreye Jean Babtiste umaze kubaka izina nka Ndimbati , nyuma igihe afungiye I Mageragere yagizwe umwere ahita afungurwa ako kanya , maze avuga amagambo akomeye …

“Cheri warakoze kandi Imana iguhe umugisha” Ndimbati agarutse asetsa birenze / Umugore we ararize! Read More

Mu gahinda kenshi Niyo Bosco yasabye amasengesho kubera abamuriraho we igifu gishya ubusa

Umuhanzi Niyo Bosco ukunzwe na benshi, mu mvugo yumvikanamo agahinda kenshi yasabye inkunga y’amasengesho ngo kuko arambiwe kuba yagaburira inda z’abandi mu gihe we yicira isazi mu maso. Uyu muhanzi …

Mu gahinda kenshi Niyo Bosco yasabye amasengesho kubera abamuriraho we igifu gishya ubusa Read More

Miss Naomie ntakiri isugi ukundi? Reba amafoto y’ubuzima bw’umunyenga we n’umukunzi we bibereyemo muri Gabon

Miss Rwanda 2020 Ishimwe Naomie abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ubuzima buryohereye amazemo iminsi mu gihugu cya Gabon ari kumwe n’umukunzi we Michael Tesfay bari bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo …

Miss Naomie ntakiri isugi ukundi? Reba amafoto y’ubuzima bw’umunyenga we n’umukunzi we bibereyemo muri Gabon Read More

Abanyeshuri barenga 90% baratsinze mugihe abandi ibihumbi 39 bategetswe gusibira

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri 39,655 batsinzwe ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2021/2022 bagomba gusibira, kugira ngo babanze buzuze ibisabwa bazabone kwemererwa kujya mu byiciro bikurikiyeho. Kuri uyu …

Abanyeshuri barenga 90% baratsinze mugihe abandi ibihumbi 39 bategetswe gusibira Read More

Mu mukino ukomeye wo gukatisha itike y’igikombe cy’Afurika , Amavubi akoze agashya akubita Libya 3-0 (Reba Amafoto)

Amavubi y’Abatarengeje imyaka 23 yatsinze Libya ibitego 3-0 mu mukino wabereye kuri Stade ya Huye, maze ihakatishiriza itike yo gukomeza mu kindi cyiciro mu gushaka itike y’Igikombe cya Afurika kizabera …

Mu mukino ukomeye wo gukatisha itike y’igikombe cy’Afurika , Amavubi akoze agashya akubita Libya 3-0 (Reba Amafoto) Read More

RDC: Abasirikare 11 barimo n’abakoroneri bishe abashinwa bakabiba zahabu basabiwe igihano cyo kwicwa

Abasirikare 11 barimo Abakoloneli babiri b’ingabo za FARDC basabiwe igihano cy’urupfu bazira kwica abashinwa babiri bakoraga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu majyaruguru y’Uburasirazuba bwa Congo. Kuri uyu wa mbere, Ubushinjacyaha …

RDC: Abasirikare 11 barimo n’abakoroneri bishe abashinwa bakabiba zahabu basabiwe igihano cyo kwicwa Read More

Abafana bongeye gushimishwa no kugaruka muri muzika kwa Rihanna uzabasusurutsa mumezi ari imbere

Rihanna yongeye gutanga ibyishimo ku bafana be nyuma yo gutangaza ko agiye kugaruka muri muzika akongera kugaragara ku rubyiniro. Uyu muhanzikaze wakoze indirimbo nyinshi zamamaye cyane kw’isi zirimo n’iyitwa ‘Diamonds’ …

Abafana bongeye gushimishwa no kugaruka muri muzika kwa Rihanna uzabasusurutsa mumezi ari imbere Read More

Amafoto y’indobanure: Muri Seka Live Anne Kansiime yagoroye imbavu z’imbaga n’aba Star benshi bari babucyereye

Mu gitaramo cya Seka Live gitegurwa na Nkusi Arthur , umunyarwenya w’umunya Uganda Anne Kansiime yanyuze imitima y’abari aho ndetse anasangiza abantu inkuru ikomeye y’uburyo yabyaye bigoranye nyuma yigihe kirekire …

Amafoto y’indobanure: Muri Seka Live Anne Kansiime yagoroye imbavu z’imbaga n’aba Star benshi bari babucyereye Read More

Akamaro ko kurya ibihaza /Dore ibyigenzi 7 ibihaza byamarira umubiri wawe harimo no kurinda ubudahangarwa

Ibihaza ni ibiribwa byuzuye intungamubiri dukenera mu buzima, kandi biboneka henshi, kuko hari n’aho byiyeza mu gisambu. Bikaba bimwe mu bihingwa bishobora gutuma umwijima, impyiko, amagufa, amaso n’uruhu bikora neza. …

Akamaro ko kurya ibihaza /Dore ibyigenzi 7 ibihaza byamarira umubiri wawe harimo no kurinda ubudahangarwa Read More

Ubuhamya: Nyuma y’imyaka 12 yarihebye kugeza aho yumva ko Imana yamuhemukiye , yamuhaye abana beza

Mukarugwiza Monique ni umukristo, akaba umubyeyi w’abana 2, yamaranye umubabaro imyaka 12 kuko atari yabonye urubyaro. Mu bishoboka byose kwa muganga ntacyo batakoze, babwiwe ko byibura amahirwe ahari ashoboka ari …

Ubuhamya: Nyuma y’imyaka 12 yarihebye kugeza aho yumva ko Imana yamuhemukiye , yamuhaye abana beza Read More