Home 1

Vivica A. Fox wahoze ari umukunzi wa 50 Cent yanyoje amakuru o kongeresha igitsina , ngo ameze neza aramwiyiziye!

Nyuma y’amakuru amaze iminsi avugwa kuri 50 Cent umuraperi ukomeye muri Amerika bavugako yibagishije igitsina ngo bacyongere ingano , uwahoze ari umugore we Vivica A Fox yabinyomoje avugako ibi ari …

Vivica A. Fox wahoze ari umukunzi wa 50 Cent yanyoje amakuru o kongeresha igitsina , ngo ameze neza aramwiyiziye! Read More

Kylian Mbappé Rutahizamu w’ikipe y’u Bufaransa yigumuye kuri bagenzi mu gufata ifoto

Kylian Mbappé Rutahizamu w’ikipe y’u Bufaransa yatangaje ko atari bwitabire ifatwa ry’ifoto rusange y’abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu iri bufatwe kuri uyu wa kabiri kuko amasezerano arebana no gucuruza isura ye yongereye …

Kylian Mbappé Rutahizamu w’ikipe y’u Bufaransa yigumuye kuri bagenzi mu gufata ifoto Read More

Ibi noneho birenze abanyarwanda kuko n’ubwambere mu mateka ikiro cy’ibiraye kiguze 500 i Musanze iwabo wabyo

Ibirayi ni kimwe mu biribwa byibanze ku mubare munini w’Abaturarwanda, akarere ka Musanze niko ka mbere gahingwamo ibirayi byinshi mu Rwanda. Kuri ubu abatuye muri aka karere bumiwe amagambo ashira …

Ibi noneho birenze abanyarwanda kuko n’ubwambere mu mateka ikiro cy’ibiraye kiguze 500 i Musanze iwabo wabyo Read More

Mu birori bibereye ijisho byabereye ku kiyaga , Marcell Jacobs Champion mu kwiruka 100 m yakoze ubukwe

Umutaliyani witwa Marcell Jacobs watwaye umudali wa zahabu mu gusiganwa metero 100 mu mikino Olempike iheruka kubera Tokyo mu Buyapani yakoze ubukwe mu mpera z’icyumweru gishize n’umukunzi we Nicole Daza. …

Mu birori bibereye ijisho byabereye ku kiyaga , Marcell Jacobs Champion mu kwiruka 100 m yakoze ubukwe Read More

Reba amafoto y’ibyo wahishwe mu birori byateje impagarara kuburyo n’uburundi bwanze kubyihanganira

Guverinoma y’u Burundi yihanije abateguye iserukiramuco rya ‘Nyege Nyege’ muri Uganda, ibashinja kuvogera ingoma zabo. Ibi ikaba yabinyujije muri Minisiteri ishinzwe umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Urubyiruko, Siporo n’Umuco ngo bitarangirira …

Reba amafoto y’ibyo wahishwe mu birori byateje impagarara kuburyo n’uburundi bwanze kubyihanganira Read More

Uburyo yapfuyemo biteye agahinda! umuramyi Gisele Precious yitabye Imana nta n’umwaka ushize akoze ubukwe

Umuhanzikazi wamenyekanye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda , kuri ubu ntakiri mu mwuka w’abazima , urupfu rwe rwamenyekanye kumugoroba w’ejo hashize tariki ya 15 Nzeri 2022 …

Uburyo yapfuyemo biteye agahinda! umuramyi Gisele Precious yitabye Imana nta n’umwaka ushize akoze ubukwe Read More