Home 1

Umuhanzi City Tycoon yahaye miliyoni 2 abana bakennye muri Uganda kugirango bakomeze babeho neza

Umuhanzi w’umunyarwanda City Tycoon usanzwe aba muri Leta zunze ubumwe za Amerika muri Philadelphia akomeje kugaragariza urukundo rudasanzwe abana babanyempano batishoboye muri Uganda. City Tycoon ukunzwe munjyana ya Dancehall na …

Umuhanzi City Tycoon yahaye miliyoni 2 abana bakennye muri Uganda kugirango bakomeze babeho neza Read More

NTIBISANZWE: Kubera imiterere n’imyambarire ye idasanzwe , uyu mwarimukazi ababyeyi barashaka ko yirukanwa ku kazi ngo abarangariza abana (Reba amafoto)

Kubera imiterere ye , umwarimu wigisha iby’ubugeni ari gusabirwa kwirukanwa byihuse bacyeka ko arangaza abanyeshuri aho gukurikirana amasomo bvakirebera imiterere y’amabere n’ikibuno bitangaje by’uyu wiyita ‘The Art Teacher’ wigisha mu …

NTIBISANZWE: Kubera imiterere n’imyambarire ye idasanzwe , uyu mwarimukazi ababyeyi barashaka ko yirukanwa ku kazi ngo abarangariza abana (Reba amafoto) Read More

Sobanukirwa umuvuduko w’amaraso n’ibyo ugomba kwitaho ngo urinde ubuzima bwawe / Hypertension na Hypotension

Umuvuduko w’amaraso w’amaraso ni kimwe mu bibazo bihangayikishije isi kuko ukunze guhitana abantu , ariko ntibasobanukirwe umuvuduko mwinshi w’amaraso ‘Hypertension’ ngo babitandukanye n’umuvuduko mucye w’amaraso ‘Hypotension’. Ubusanzwe, umuvuduko w’amaraso uri …

Sobanukirwa umuvuduko w’amaraso n’ibyo ugomba kwitaho ngo urinde ubuzima bwawe / Hypertension na Hypotension Read More

AMAFOTO 40+VIDEO: Habereye amabara / Dore byinshi utabonye mu dushya twabereye muri birori bya BFH byajemo Eddy Kenzo na Hamissa Mobeto

Bianca Fashion Hub , ibirori by’imideri bitegurwa n’umunyamakurukazi uzwi kw’izina rya Bianca kuri iyi nshuro byagaragayemo udushya tudasanzwe mu myambarire , nyuma y’itangazo rya Polisi ryihanangiriza abakobwa kwambara imyenda imeze …

AMAFOTO 40+VIDEO: Habereye amabara / Dore byinshi utabonye mu dushya twabereye muri birori bya BFH byajemo Eddy Kenzo na Hamissa Mobeto Read More

Niba wifuza kongera uburebure bwawe cyangwa umwana wawe , aya niyo moko y’ibiribwa ugomba kujya wibandaho cyane!

Kwisi abantu bose ntibareshya ninayo mpamvu habaho abagufi ndetse n’abarebare , ariko akenshi ugasanga nk’uburebure bw’umuntu buturuka ku bwoko akomokamo , imyitozo akora cyangwa se ibiryo umuntu aba yariye ari …

Niba wifuza kongera uburebure bwawe cyangwa umwana wawe , aya niyo moko y’ibiribwa ugomba kujya wibandaho cyane! Read More

Dore amafoto 10 adasanzwe ya wamukobwa wambaye ubusa muri Arena / Uku niko byagenze ngo afungurwe mbere y’igihe

Mugabekazi Lilian wari ufunzwe azira ashinjwa gukora ibiteye isoni mu ruhame aho yagaragaye muri mu birori byari  byabereye muri Kigali Arena yahindutse BK Arena , yafunguwe by’agateganyo gusa akazajya kurikiranwa …

Dore amafoto 10 adasanzwe ya wamukobwa wambaye ubusa muri Arena / Uku niko byagenze ngo afungurwe mbere y’igihe Read More

Amakosa 6 abasore bakora bigatuma bahita batandukana n’abakunzi babo urukundo rutarenze n’umutaru

Ibi iyo bibaye hagati y’umuhungu n’umukobwa akenshi bifatwa nk’urukundo rw’agahararo cyangwa se rushingiye kw’irari gusa , mu gihe hari abakunze kwibaza impamvu bajya mu rukundo rugahita rukonja nta minsi inyuzemo …

Amakosa 6 abasore bakora bigatuma bahita batandukana n’abakunzi babo urukundo rutarenze n’umutaru Read More

Yanga wamenyekanye mu gasobanuye akaba na mukuru wa Junior Giti nawe yitabye Imana / ibi nibiki banyarwanda

Nkusi Thomas wamenyekanye nka “Yanga” mu gusobanura filimi, yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye iminsi. Yaguye muri Afurika y’Epfo aho yari amaze iminsi arwariye. Junior nawe usanzwe usobanura filimi, yabwiye …

Yanga wamenyekanye mu gasobanuye akaba na mukuru wa Junior Giti nawe yitabye Imana / ibi nibiki banyarwanda Read More