Home 1

Singombwa ko wabura uko uryama mu gihe cy’ubushyuhe , Dore ibintu 9 wakora ugasinzira neza

Bikunze kubaho kenshi ko umara umwanya mu buriri, uhindukira wabuze uburyo bwiza uryamamo ukabura n’ ibitotsi. Ibi bikunze kubaho mu bihe nk’ibi turimo by’impeshyi aho ikigero cy’ubushyuhe kiba kiri hejuru. …

Singombwa ko wabura uko uryama mu gihe cy’ubushyuhe , Dore ibintu 9 wakora ugasinzira neza Read More

NTIBISANZWE! Umushumba w’inka yirukanwe kukazi azira kurongora umubikira wo mu kigo yakoragamo

Iby’urukundo n’amayobera dore ko abenshi bavuga ko rujya aho rushaka kandi ntana forumire rugira ,urwo rukundo ndikuvuga nirwo rwatumye Mukamana Christine w’imyaka 29 wari umubikira yiyambura ivara akisangira umusore Ndayishimiye …

NTIBISANZWE! Umushumba w’inka yirukanwe kukazi azira kurongora umubikira wo mu kigo yakoragamo Read More

Nyagatare: Ubwitange mu myaka 22 amaze mu burezi , bitumye asimburwa ahawe impano y’imodoka y’agaciro ka miliyoni 9

Mu kigo cya Nyagatare Secondary school habereye ihererekanya bubasha hagati ya Mzee Kabare Edouard uhamaze imyaka 22 ndetse n’umuyobozi mushya witwa Mushatsi Clever. Mbere y’uko uyu musaza wari umaze igihe …

Nyagatare: Ubwitange mu myaka 22 amaze mu burezi , bitumye asimburwa ahawe impano y’imodoka y’agaciro ka miliyoni 9 Read More