Home 1

Brock Lesnar wari wibitseho igikombe cya WWE Champonship yatsinzwe na Roman Reigns watwaye ibihembo 2

kuri icyi Cyumweru tariki 3 Mata 2022 mw‘ijoro rya kabiri rya Wrestlemania yabereye kuri Stade ya AT&T muri Leta ya Dallas, Brock Lesnar wari wibitseho igikombe cya WWE Champonship yatsinzwe …

Brock Lesnar wari wibitseho igikombe cya WWE Champonship yatsinzwe na Roman Reigns watwaye ibihembo 2 Read More

Izina Meddy na Mimi bise umwana wabo ryihishemo ibanga rikomeye kuri bose

Meddy n’umukunzi we Mimi berekanye izina ry’umwana w’imfura yabo y’umukobwa baherutse kwibaruka nawe banga kumuburiramo inyuguti ya ‘M’ nabo bahuriyeho , gusa nyuma y’uko bibarutse bagatinda kubitangaza , nanubu ntibarerekana …

Izina Meddy na Mimi bise umwana wabo ryihishemo ibanga rikomeye kuri bose Read More

Dore ukuntu Ange Kagame amarangamutima yamufashe nyuma y’ifoto idasanzwe igaragaza Perezida Paul Kagame ateruye umwuzukuru we

Ifoto idasanzwe ya perezida Paul Kagame ateruye umwuzukuru we , yatunguye Ange Kagame mama w’uyu mwana w’imfura ye na Bertrand , maze amarangamutima atuma yifuza kuzavugana n’umu (artist) umunyabugeni wayishushanyije. …

Dore ukuntu Ange Kagame amarangamutima yamufashe nyuma y’ifoto idasanzwe igaragaza Perezida Paul Kagame ateruye umwuzukuru we Read More

Nashakaga ko ansengera ndwaye/ Yaransindishije nicura nsanga yandongoye / Aka gahinda kose nagatewe no kumwizera!

Kumwe uhana gahunda n’umushumba kurusengero wenda urwaye cyangwa se hari ikindi kifuzo ufite ushaka ko agusengera , burya nabyo bisaba kwicunga cyane, kuko aba dufata nk’abahanuzi abenshi muribo babirimo hari …

Nashakaga ko ansengera ndwaye/ Yaransindishije nicura nsanga yandongoye / Aka gahinda kose nagatewe no kumwizera! Read More

Ese mubyukuri iyi nyuguti ‘Z’ Uburusiya buri kwifashisha mu ntambara na Ukraine ibamariye iki? Abahanga bagaragaje icyo isobanuye!

Iyi nyuguti ya“Z” yaratangiye kugaragara cyane mu matariki yo hagati mu kwezi kwa kabiri (2) ubwo ingabo z’Uburusiya zari zikambitse hafi y’umupaka wazo na Ukraine zitegura urugamba. Kuva ubwo kugeza …

Ese mubyukuri iyi nyuguti ‘Z’ Uburusiya buri kwifashisha mu ntambara na Ukraine ibamariye iki? Abahanga bagaragaje icyo isobanuye! Read More

Joseph Kabungo yasize ubuzima mu mukino w’amajonjora y’igikombe cy’isi 2022 waberaga muri Nigeria.

Joseph Kabungo wari witabiriye umukino w’amajonjora y’amakipe ari guhatanira kuzakina mu gikombe cy’isi cya 2022 yapfiriye muri Stade yaberagamo umukino wahuzaga Ghana na Nigeria nyuma y’ubwumvikane bucye bwajemo n’imirwano karundura. …

Joseph Kabungo yasize ubuzima mu mukino w’amajonjora y’igikombe cy’isi 2022 waberaga muri Nigeria. Read More

Abahanzi bagezweho barimo Kenny Sol , Papa Cyangwe , Afrique na Okkama bitezweho gushyushya umujyi wa Gisenyi

Muri iyi weekend mu mujyi wa Gisenyi harahurira ibyamamare bigezweho muri iki gihe , haba mu bahanzi ndetse n’abavanga muzika bazwi kw’izina ry’aba Dj. Aba bose bazaba baje gususurutsa abazitabira …

Abahanzi bagezweho barimo Kenny Sol , Papa Cyangwe , Afrique na Okkama bitezweho gushyushya umujyi wa Gisenyi Read More