Home 1

Haje ibinini bizajya bifasha abagabo kudatera inda igihe bashatse kuringaniza urubyaro

Nyuma y’imiti ifasha abagore kuringaniza imbyaro , noneho haje umuti uzajya ufasha abagabo kudatera inda mugihe bakoze imibonano mpuzabitsina batikingiye. Muri leta z’unze ubumwe z’Amerika abashakashatsi batangaje ko bavumbuye ibinini …

Haje ibinini bizajya bifasha abagabo kudatera inda igihe bashatse kuringaniza urubyaro Read More

Byameneyekanye ko Meddy na Mimi bamaze iminsi bibarutse umukobwa none bikaba aribwo bikijya hanze

Mu gihe abakunzi ba kupure (couple) y’icyamamare Meddy ndetse n’umunya Ethiopia kazi Mimi bamaze iminsi babona amafoto agaragaza inda y’imvutsi , ariko igitangaje n’uko ntawari uziko hashize iminsi bibarutse umukobwa. …

Byameneyekanye ko Meddy na Mimi bamaze iminsi bibarutse umukobwa none bikaba aribwo bikijya hanze Read More

Dore urutonde rw’uturere 10 dufite abagabo benshi batarisiramuza / Nyamagabe ku mwanya wa mbere

’Umuhungu wese muri mwe uzaba amaze iminsi umunani avutse azakebwa, bigeze ibihe by’ingoma zanyu zose. Kandi umugabo utakebwe umunwa w’ibyo yambariye azakurwa mu bwoko bwe, azaba yishe isezerano ryanjye’ [Intangiriro …

Dore urutonde rw’uturere 10 dufite abagabo benshi batarisiramuza / Nyamagabe ku mwanya wa mbere Read More

Time B uherutse kwegukana igihembo muri Amerika yasohoye amashusho y’indirimbo ‘Gumino’ yakoranye na Riderman

Nyuma y’uko umuhanzi ubarizwa muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika Time B yegukanye igihembo muri BNB Awards, noneho akurikijeho amashusho y’indirimbo yakoranye n’umuraperi w’icyamamare mu Rwanda Riderman , maze bayita ‘Gumino’ …

Time B uherutse kwegukana igihembo muri Amerika yasohoye amashusho y’indirimbo ‘Gumino’ yakoranye na Riderman Read More

Rose Muhando yageze i Kigali aho we n’abandi ba Stars bo mu Rwanda bari butaramire muri Canal Olympia

Umuhanzikazi w’Umunya-Tanzania, Rose Muhando, yageze mu Rwanda yitabiriye igitaramo cyo gusoza ibihembo bya Rwanda Gospel Stars Live aza gutaramanamo n’abandi bahanzi bo mu Rwanda bakomeye. Ni igitaramo cyiswe ‘Praise & …

Rose Muhando yageze i Kigali aho we n’abandi ba Stars bo mu Rwanda bari butaramire muri Canal Olympia Read More

Rihanna ageze aho nawe agiye kwibaruka , yatunguranye mu kumurika imideli atwite yambaye utwimbere

Umuhanzikazi Rihanna aherutse gutungurana atangaza ko atwite, kuva icyo gihe kugeza n’ubu ntahwema gutungura abamukurikira. Uyu mukobwa w’imyaka 34 kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Werurwe 2022 yitabiriye ibirori bya …

Rihanna ageze aho nawe agiye kwibaruka , yatunguranye mu kumurika imideli atwite yambaye utwimbere Read More