Home 1

Barishimira ko amashanyarazi yabafashije kwicungira umutekano no kwiteza imbere

Abaturage batuye muri Santere ya Gisanze iherereye mu Murenge wa Rusenge mu Karere ka Nyaruguru, bavuga ko aho Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) ibagejerejeho amashanyarazi, babashije kwiteza imbere mu bikorwa byinshi ndetse ubu barushijeho kwicungira umutekano nta wapfa kubameneramo, kuko n’iyo haba n’ijoro haba habona.

Barishimira ko amashanyarazi yabafashije kwicungira umutekano no kwiteza imbere Read More

CP Kabera: Abanyonzi barasabwa kubahiriza amabwiriza bahawe

Mu myanzuro y’inama y’abaminisitiri yo ku wa Gatanu tariki ya 25 Nzeri 2020 harimo umwanzuro wemerera abakora umurimo wo gutwara abagenzi ku magare (Abanyonzi) gusubukura imirimo yabo. Ni nyuma y’igihe kirekire bari barahagarikiwe imirimo yabo yo gutwara abagenzi ahubwo bagatwara imitwaro gusa nka zimwe mu ngamba zo kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.

CP Kabera: Abanyonzi barasabwa kubahiriza amabwiriza bahawe Read More