COVID-19: Abantu 5 bafashwe bakorera ibirori mu rugo banateje urusaku
Mu gicuku cyo ku Cyumweru tariki ya 27 Nzeri 2020, ahagana saa cyenda z’ijoro abapolisi bafatiye abantu batanu mu rugo rw’uwitwa Kibukayire Marie Claire, bari mu birori byo gutaha inzu ya ye, barimo kunywa inzoga ndetse banacuranga imiziki yateje urusaku rwabangamiraga abaturanyi.
COVID-19: Abantu 5 bafashwe bakorera ibirori mu rugo banateje urusaku Read More