Home 1

Kubera ubwiza n’ikimero umunyarwandakazi w’umu pilote yayagaje imitwe y’abanya Kenya baravugishwa (AMAFOTO)

Kubera ikimero kidasanzwe n’ubwiza buhebuje bwa Huguette Umuhoza ukora umwuga w’ubupilote , abanya Kenya n’abandi benshi bacitse ururondogoro bavuga amangambure nyuma y’uko babonye amafoto ye. Bijya gutangira,umushoramari wo muri Kenya …

Kubera ubwiza n’ikimero umunyarwandakazi w’umu pilote yayagaje imitwe y’abanya Kenya baravugishwa (AMAFOTO) Read More

AMAFOTO: Ariel Wayz wayz wari warashenguwe umutima na Juno yasubiye mu buryohe bw’urukundo n’undi musore

Ariel Wayz wavuzwe cyane mu rukundo na Juno Kizigenza bagashwana mu buryo bwamushenguye umutima bikanababaza abakunzi babo n’abamuzika muri rusange , yavuzeko yamaze kubona undi mukunzi ati “Narafashwe” Ibi Ariel …

AMAFOTO: Ariel Wayz wayz wari warashenguwe umutima na Juno yasubiye mu buryohe bw’urukundo n’undi musore Read More

SOBANUKIRWA: Ni gihe ki umukobwa amenya ko akwiye kujya gukoresha isuku mu myanya ye y’ibanga?

Uwera Sabrina (wahinduriwe amazina) yakoze ikizamini cy’ubuvuzi bw’ibice by’imyanya y’ibanga y’ab’igitsina gore [Pelvic Exam], afite imyaka 23 y’amavuko. Yari amaze igihe kirekire afite ububabare bukabije mu nda yo hasi, ibyo …

SOBANUKIRWA: Ni gihe ki umukobwa amenya ko akwiye kujya gukoresha isuku mu myanya ye y’ibanga? Read More

Menya uko ugomba guhangana n’ibihe by’impeshyi birangwa n’izuba rikakaye ribangamira umubiri cyane

Mu buzima busanzwe, izuba duhura na ryo cyane kuruta imvura, kuko akenshi umunsi utagirana izuba. Ni byiza ko twamenya uko tubaho neza mu gihe cy’impeshyi kirangwa n’izuba ryinshi. Ni byiza …

Menya uko ugomba guhangana n’ibihe by’impeshyi birangwa n’izuba rikakaye ribangamira umubiri cyane Read More

Reba Amafoto 15 mashya y’ubwiza n’imiterere ya Miss Mutesi Jolly wagize icyo avuga ku kuba hari umusore wo mu Rwanda wabasha kumurongora

Miss Rwanda 2016 Mutesi Jolly ukomeje kuvugisha abantu amangambure kubera mafoto agaragaza ubwiza n’imiterere bye ndetse n’ibikorwa by’indashyikirwa ari kugenda agaragaramo , yatunguranye ubwo yasubizaga uwari uvuze ko nta musore …

Reba Amafoto 15 mashya y’ubwiza n’imiterere ya Miss Mutesi Jolly wagize icyo avuga ku kuba hari umusore wo mu Rwanda wabasha kumurongora Read More

Umunyabigwi José Mourinho agiye gutangira urugendo rushya muri ruhago mu ikipe nshya

Umutoza w’umunyabigwi, José Mourinho,yamaze kumvikana na Fenerbahçe kugira ngo ayibere umutoza mu gihe cy’imyaka ibiri,aho amasezerano yabo azageza muri Kamena 2026. Jorge Mendes ushakira amakipe Mourinho niwe wavuganye n’iyi kipe …

Umunyabigwi José Mourinho agiye gutangira urugendo rushya muri ruhago mu ikipe nshya Read More

Niba wifuza kugumana itoto umuti nu kubyina iminota 30 gusa ubundi ugatana n’iminkanyari (Sobanukirwa!)

Akenshi ukunda kumva abahanga muby’ubuzima bagira inama abantu babakangurira gukora siporo kugirango bagir ubuzima bwiza , ariko muri izo siporo bavuga kubyina n’ibyambere kuko ari umwe mu myitozo benshi bakora …

Niba wifuza kugumana itoto umuti nu kubyina iminota 30 gusa ubundi ugatana n’iminkanyari (Sobanukirwa!) Read More

Umweyo muri Rayon Sports : Abakinnyi 5 barekuwe ngo bishakire iyo berekeza kuko ntacyo bamariye ikipe

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye n’abakinnyi batanu bahuriye ku kuba ntacyo bayifashije mu mwaka w’imikino ushize kuko batigeze bakina cyane. Aba bakinnyi batanu Rayon Sports yarekuye barimo abanyamahanga …

Umweyo muri Rayon Sports : Abakinnyi 5 barekuwe ngo bishakire iyo berekeza kuko ntacyo bamariye ikipe Read More

Barafinda Fred wasekeje benshi yongeye gutanga kandidatire ye ku mwanya wa perezida (Amafoto)

Barafinda Sekikubo Fred wigeze gushaka kwiyamamaza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu muri 2017 yongeye gushyikiriza Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye ashaka kuba umukandida kuri uwo mwanya mu matora ateganyijwe muri Nyakanga …

Barafinda Fred wasekeje benshi yongeye gutanga kandidatire ye ku mwanya wa perezida (Amafoto) Read More