PAC yahagaritse kumva abayobozi ba BDF kuko baje batiteguye
Ku wa Kane tariki 17 Nzeri 2020, Komisiyo ishinzwe imari (PAC) mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yahagaritse kumva ibisobanuro by’abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutanga ingwate (BDF) kuko bayitabye batiteguye, basabwa kuzagaruka biteguye.
PAC yahagaritse kumva abayobozi ba BDF kuko baje batiteguye Read More