Home 1

Barafinda Fred wasekeje benshi yongeye gutanga kandidatire ye ku mwanya wa perezida (Amafoto)

Barafinda Sekikubo Fred wigeze gushaka kwiyamamaza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu muri 2017 yongeye gushyikiriza Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye ashaka kuba umukandida kuri uwo mwanya mu matora ateganyijwe muri Nyakanga …

Barafinda Fred wasekeje benshi yongeye gutanga kandidatire ye ku mwanya wa perezida (Amafoto) Read More

Papa Francis yasabye imbabazi abatinganyi anabiseguraho kubera ibyo yavuze

Itangazo rya Vatican ryavuze ko Papa Francis atashakaga kubabaza umuntu uwo ari we wese ndetse ko asabye imbabazi abantu bakomerekejwe n’ikoreshwa ry’ijambo yavuze ryafashwe nk’imvugo isebanya cyane ku bagabo b’abatinganyi. …

Papa Francis yasabye imbabazi abatinganyi anabiseguraho kubera ibyo yavuze Read More

Umuriro wongeye kwaka muri Cameroun baranatukana , Samuel Etoo aha gasopo umutoza leta iri gutsindagira ikipe

Umuriro wongeye kwaka hagati ya Samuel Eto’o Fils uyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroon (FECAFOOT) na Minisiteri ya Siporo muri iki gihugu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, FECAFOOT …

Umuriro wongeye kwaka muri Cameroun baranatukana , Samuel Etoo aha gasopo umutoza leta iri gutsindagira ikipe Read More

Ese koko Dj Brianne yaba yaribagishije ngo azane munda heza? Ashyize ukuri kose hanze

Gateka Esther Brianne uzwi nka Dj Brianne yemeje ko ifoto ye imaze iminsi ikwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragara yarananutse ari iye ariko atari ukwibagisha nk’uko bivugwa. Hashize iminsi ku mbuga …

Ese koko Dj Brianne yaba yaribagishije ngo azane munda heza? Ashyize ukuri kose hanze Read More

Mu bari bahamagawe mu Amavubi abambere bahambirijwe / Ninde uzasigara mu bazaserukira ikipe y’igihugu?

Abakinnyi ba mbere bamaze gusezererwa mu ikipe y’igihugu Amavubi yitegura imikino 2 y’ijonjora ry’Igikombe cy’Isi ya Benin na Lesotho. Amavubi amaze iminsi mu mwiherero witegura imikino y’Itsinda C mu ijonjora …

Mu bari bahamagawe mu Amavubi abambere bahambirijwe / Ninde uzasigara mu bazaserukira ikipe y’igihugu? Read More

Uruganda rukora za HOWO zigiye kujya ziteranyirizwa mu Rwanda rwamuritse indi modoka idasanzwe yagenewe imisozi

Uruganda rukora imodoka z’amakamyo azwi nka HOWO rwamuritse ubundi bwoko bushya bw’izi modoka zitwara imizigo iremereye ndetse runasobanura neza ko impanuka zikunze kuzivugwaho zidaterwa n’uburyo zikoze kuko zujuje ubuziranenge. Ni …

Uruganda rukora za HOWO zigiye kujya ziteranyirizwa mu Rwanda rwamuritse indi modoka idasanzwe yagenewe imisozi Read More

Perezida Kagame yatanze kandidatire ye yo guhatanira intebe nkuru muri ‘Village Urugwiro’ asanzweho

Umukandida Perezida wa RPF Inkotanyi,Paul Kagame yageze ku biro bya komisiyo y’igihugu y’amatora,agiye gutanga impapuro zisaba kwiyamamariza umwanya w’Umukuru w’igihugu mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri Nyakanga uyu …

Perezida Kagame yatanze kandidatire ye yo guhatanira intebe nkuru muri ‘Village Urugwiro’ asanzweho Read More

NTIBISANZWE: Meddy aciye agahigo akora ibitarigeze bikorwa n’undi kuva muzika yabaho / Ateye ubwoba ba Diamond

Umuhanzi w’umunyarwanda Ngabo Médard Jobert usanzwe uzwi nka Meddy usigaye ubarizwa muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika yongeye guca agahigo abandi bahanzi bahora bifuza barimo bituma asingira Diamond. Meddy usigaye waragiye …

NTIBISANZWE: Meddy aciye agahigo akora ibitarigeze bikorwa n’undi kuva muzika yabaho / Ateye ubwoba ba Diamond Read More

AMATORA AREGEREJE: Dore abashaka kwicara ku ntebe ya perezida wa Repuburika y’u Rwanda bazahatana na Kagame

Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje ko zimwe mu mpinduka zitezwe mu matora azaba muri Nyakanga 2024 ,ari uko muri buri cyumba cy’itora hazaba harimo udusanduku tubiri, kamwe ari akazatorewamo umwanya w’umukuru …

AMATORA AREGEREJE: Dore abashaka kwicara ku ntebe ya perezida wa Repuburika y’u Rwanda bazahatana na Kagame Read More

Reba Amafoto yose ya Agasaro Diane uvuga ko yabyaranye na Bruce Melodie wabihishiriye kimwe nibyo kwibagisha inda

Umuhanzi Bruce Melodie yavuze ko ibijyanye n’indezo y’umwana we bamushinja kudatanga ntacyo yabivugaho kuko umwana ari umutware nta kintu kijyanye na byo azongera kuvugira mu itangazamakuru. Mu mpera z’ukwezi gushize …

Reba Amafoto yose ya Agasaro Diane uvuga ko yabyaranye na Bruce Melodie wabihishiriye kimwe nibyo kwibagisha inda Read More