Home 1

Resitora harimo n’izo mu mahoteli n’andi macumbi yemewe zemerewe gutanga ibinyobwa bisembuye

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) ifatanyije n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kwihutisha Iterambere (RDB) batangaje amabwiriza agenga imikorere ya Resitora, Hoteli n’andi macumbi muri ibi bihe byo kwirinda icyorezo cya COVID-19.

Resitora harimo n’izo mu mahoteli n’andi macumbi yemewe zemerewe gutanga ibinyobwa bisembuye Read More

Ghana: Abagabo banga ibiryo bateguriwe n’abagore bashobora gufungwa

Umuhuzabikorwa w’ishami rishinzwe kurwanya ihohoterwa no kwita ku bahuye na ryo muri Polisi yo muri Ghana, Superintendent George Appiah-Sakyi yaburiye abantu ko, ari cyaha kuba umugabo yakwanga ibiryo yateguriwe n’umugore we, asobanura ko iyo myitwarire ifatwa nk’ihohoterwa rikora ku marangamutima (emotional abuse).

Ghana: Abagabo banga ibiryo bateguriwe n’abagore bashobora gufungwa Read More

Grants Manager  

Company: Pact Rwanda Website: http://www.pactworld.org Position Title: Grants Manager            Office Location: Kigali, Rwanda                       Supervisor Name: TBD      Supervisor Title: Director Finance and Admin                   New or Replacement: New Position               Full …

Grants Manager   Read More