Home 1

Hari abafite ubumuga bavuga ko COVID-19 yatumye imibereho yabo irushaho kuba mibi

Bamwe mu bafite ubumuga bo mu Karere ka Nyagatare bavuga ko n’ubwo imibereho yabo itari isanzwe ari myiza, ariko byarushijeho kuba bibi muri iki gihe cy’ingamba zo kwirinda COVID-19 kuko n’uwari ufite umuhahira atakibikora uko bikwiye kuko na we akazi kahagaze cyangwa kataboneka neza.

Hari abafite ubumuga bavuga ko COVID-19 yatumye imibereho yabo irushaho kuba mibi Read More