Ibyifuzo bya rukara

Rukara yarasenze cyane n’umwete, noneho umunsi umwe Imana ihitamo kumuvugisha.

Imana: Mwana wanjye Nkukorere iki?

Rukara: Ndashaka akazi, Imodoka Nini, N’abakobwa benshi bangose impande zose.

Imana: Ibyo gusa?

Rukara: Cyane rwose ibyo byankorera umuti.

Imana: Isengesho ryawe ndarisubije.

Rukara: Urakoze cyane Mana.

UBU TUVUGIRA RUKARA ASIGAYE ARI UMUSHOFERI WA BUS KURI FAWE GIRLS’ SCHOOL!

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.