IBYO AKORA BIVUGWAHO IKI? Yibera mubuzima nk’ubwabamikazi , yibera mu mahoteri areshya abagabo gusa / Dore amafoto 10 y’umunyarwandakazi Pamella Dedia

Uyu munyamiderikazi wo mu Rwanda yagaragaye mumashusho y’indirimbo ya “Ndakabya” ya Rider Man na Christopher basohoye muri 2015, kuva ubwo yahindutse undi muntu , kuburyo muri 2020 yashyize hanze amafoto akagereranywa n’ayumukinnyi w’urukozasoni w’umunyarwandakazi Isimbi Noeline  yambaye ubusa buri buri afotorwa n’inzu ifotora ibyamamare n’abanyamideri  yitwa NIB Studio.

 

Bamwe mu bahoze ari abaturanyi b’uyu mukobwa babwiye babitimes.com ko Deddia Mbere yari umukobwa witondaga , aturuka mumuryango utamubuza gukora ibyo ashaka kuko yanubakiye nyina inzu akamwimura I Nyamirambo ahazwi nko kugasoko ugana Nyakabanda ,ari naho yakuriye.

Abamuzi bavugako bamuzi cyera akiri akana gato ari keza cyane kugeza no mu mikurire ye akomeza kuba mwiza ku buranga , dore ko ubu ari mu banyarwandakazi bazwiho uburanga bukurura abagabo.

Ntaho agaragaza akazi nyirizina yaba akora , icyakora abantu ntibabitindaho kuko bose bahita bavuga ko yicuruza ntakindi , kubera amashusho aba agaragaza yibereye muburiri areshya abagabo.

Nk’uko adahwema kubigaragaza abinyujije hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ze , uyu mukobwa yiberaho mu buzima nk’ubwabamikazi atembera ahantu heza , kuburyo no mu kwezi kwa kane yashyize hanze video ari gutemberera mu ndege zimwe zikodeshwa n’umuntu umwe cyangwa couple yogoga ibirere by’amahanga.

ICYO ABAMUKURIKIRANA BAMUVUGAHO

Dukurikiraniye hafi imbuga nkoranyambaza ze zirimo twitter na instagram , nubwo ashyiraho amafoto areshya abagabo kubashora mu busambanyi , Pamella abamukurikirana bamukunda kubi , doreko ibyo akora ababimutukira baba ari bacye kurushya abamubwira ko ari mwiza , aryoshye , ndetse kandi ko banamukunda.

Aya ni amwe mu magambo abamukurikirana bakunze kurenza ku mafoto n’amashusho aba yaberetse. ESE WOWE NIKI WABWIRA UYU MUKOBWA?

Iyi foto imugaragaza yambaye ubusa ariko bamusize amarangi , ayipositinga bamwe bagiye bagaragaza ko batangaye , abandi bati ‘ukora ibyo nkeneye’ ndetse uwitwa caleb_rw  yandika ati: “Kind of vibes we looking for in summer🔥🔥🔥 @pamelladedia you gave us all things we been looking for😂”

Mu magambo macye yagaragazaga ko Dedia ari kugaragara neza mu gihe cy’ubushyuhe kandi ngo abaha ibyo baba bifuza kureba

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.