Igihe cyo gufunga amwe mu masoko yo muri Kigali cyongerewe

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko igihe cy’iminsi irindwi cyari cyatanzwe amasoko abiri yo muri Kigali yagombaga kumara afunzwe cyongereweho indi minsi irindwi.

Isoko rya Nyarugenge riherereye mu Mujyi rwagati ni rimwe mu masoko abiri yafunzwe

Isoko rya Nyarugenge riherereye mu Mujyi rwagati ni rimwe mu masoko abiri yafunzwe

Itangazo ry’Umujyi wa Kigali riravuga ko icyemezo cyo gukomeza gufunga isoko riherereye i Nyabugogo ahazwi nko kwa Mutangana n’isoko rya Nyarugenge rizwi nka Kigali City Market cyafashwe nyuma y’ibipimo bya Minisiteri y’Ubuzima byerekana ubwiyongere bw’abanduye COVID-19 cyane cyane abakoreraga muri ayo masoko.


Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.