Ihere ijisho ku mafoto 15 y’indobanure yaranze imyitozo ya gisirikare yabaye Perezida Paul Kagame ahibereye

Perezida wa Repuburika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda Kagame Paul yakurikiranye imyitozo yo kumasha y’ingabo z’u Rwanda. Ni imyitozo yabereye Gabiro, ndetse iyi kandi iyi myitozo yabaye kuri uyu wa kane tariki 17 Kanama 2023 izwi nka Exercise Hard Punch 04/2023. Nyuma yo kureba iyi myitozo kandi yagize n’umwana wo kuganiriza abari biyitabiriye.

AMAFOTO

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.