Ikamyo yabuze feri igenda igonga izindi modoka, benshi barakomereka (Amafoto)

Mu masaha ya saa tanu kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Kanama 2020, ikamyo ya East African Cooperative of Transporters (EACT) yari yuzuye umucanga ibuze feri, igenda igonga izindi modoka zari mu muhanda, abantu benshi barakomereka.


Iyi mpanuka ikomeye ibereye ku kiraro cya Nyabarongo ujya mu Karere ka Bugesera, iyo kamyo ikaba yavaga mu Mujyi wa Kigali yerekeza muri Bugesera.

Ababonye iyo mpanuka baravuga ko ku muhanda aho iyo kamyo yagiye igonga izindi modoka hari haryamye abantu benshi bigaragara ko bakomeretse cyane.









Turacyakurikirana iyi nkuru …

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.