Ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga cyasubukuye imirimo

Polisi y’u Rwanda iratangaza ko ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga cyatangiye kwakira ubwoko bwose bw’ibinyabiziga.


Polisi kandi yasobanuye ko abantu bari barishyuye ndetse bakanahabwa gahunda (rendez-vous) yo gusuzumisha ibinyabiziga byabo mbere y’uko ikigo gisubika imirimo muri Werurwe 2020, ari bo bazahabwa amahirwe ya mbere, kandi ntibazishyuzwa bushya.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.