Ikimenyabose Rihanna yongeye kwerekana ko ubwiza bwe ntaho bwagiye / Reba Amafoto ye mu twambaro two mu buriri twatumye abafana bamusaba Album

Umuhanzikazi Rihanna wigeze kubica bigacika muri mu muzika mu gihe cyashize akiri agakumi , cyane cyane aho benshi bamukundiraga ubwiza n’uburanga bye byari bihebuje , yongeye gutuma bamukumbura ndetse bamwe batangira no kuvugishwa kubera amafoto agaragaza umubiri n’imiterere ye ari mu buriri.

Ubwo kurubuga rwa Instagram hatangiye kugaragara amafoto yari ashyizwe hanze na nyiri ubwite , umuhanzikazi mpuzamahanga ukomoka ukomoka mu birwa bya Barbados , Robby Rihanna Fenty uzwi nka Rihanna.

Akaba ari amafoto amugaragaza mu isura nshya ijya gusa niyo yari azwiho akiri umukobwa muto w’inkumi , akizwiho kuba umwe mu bakobwa bari bafite ubwiza n’imiterere bikurura abagabo benshi kw’isi , aho abayabonye bahise batangira kuvuga byinshi birimo no kugaragaza ko bamukumbuye muri muzika bamusaba ko yabakorera indi Alubumu.

Rihanna wabanye na Chris Brown mu bihe bidasanzwe by’urukundo bakaza gutandukana bigashengura benshi , mu mwaka wa 2020 yaje gushakana n’umuraperi ASAP Rocky kuri ubuĀ  bamaze kubyarana abana 2 .

AMAFOTO

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.